Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imvubu Zanduye COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Utuntu n'Utundi

Imvubu Zanduye COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 December 2021 5:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Hippopotamus (Hippopotamus amphibius) swimming, Botswana, Africa
SHARE

Mu Bubiligi hagaragaye imvubu ebyiri zanduye icyorezo COVID-19. Zapimiwe mu Bubiligi mu ishyamba karemano ryororewemo inyamaswa bita Zoo riri i Antwerp.

Ni ubwa mbere ku Isi hagaragaye ubwandu bw’icyorezo COVID-19 mu nyamaswa zo mu gasozi.

Imvubu zafashwe na kiriya cyorezo ni iyitwa Imani ifite imyaka 14 y’amavuko n’indi yitwa Hermien ifite imyaka 41 y’amavuko.

Ubuyobozi bwa ririya shyamba bwatangaje ko ziriya nyamaswa zashyizwe mu kato mu rwego rwo kwirinda ko ibintu byarushaho kuba bibi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umuganga w’inyamaswa ziba muri ririya shyamba witwa Francis Vercammen yabwiye Reuters ati: “ Ni ubwa mbere nabaho mbonye inyamaswa z’agasozi zanduye iyi ndwara. Ku isi aho twajyaga tubyumva ni mu binyamajanja.”

Ubusanzwe abahanga bavuga ko iriya Virusi yafashe abantu ivuye mu nyamaswa ariko nanone muri iki gihe bimaze kugaragara ko hari ubwo abantu bazanduza inyamaswa.

Izindi nyamaswa zavuzweho ubwandu bwa kiriya cyorezo ni ingwe, intare, ingagi n’impyisi.

Hagati aho ntibiramenyekana niba ubwoko Omicron ari bwo bwafashe ziriya mvubu.

TAGGED:BubiligiCOVID-19Imvubu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda ‘Rwongeye’ Gutwara Igikombe Cya Handball Mu Mukino Waberaga Muri Tanzania
Next Article COVID-19 ‘Nshya’ Imaze Kugera Mu Bihugu 38
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC Irataka Ko Impunzi Z’Abanya Centrafrique Zinjira Ku Bwinshi

RDF Iri Kubaka Igisirikare Cya Mozambique Kirwanira Ku Butaka

Dangote Akomeje Kuyobora Abaherwe Ba Afurika

Jeannette Kagame Arahemba Abakobwa Batsinze Neza Ibizamini Bya Leta

Abanyamahanga Biga Muri Harvard Bareze Leta Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

Nyagatare: Haravugwa Kotsa Burushete Z’Imbwa 

Uwahoze Muri RDF Akurikiranyweho Ibyaha Byo Mu Mabuye y’Agaciro

BNR Mu Ngamba Zo Kurushaho Guteza Imbere Ikoranabuhanga Mu Kwishyurana

Cardinal Kambanda Yatunguwe No Kumva Ko Kwa Yezu Nyirimpuhwe Hafunzwe

You Might Also Like

Inkuru ZihariyeMu Rwanda

Upfobya Jenoside Yakorewe Abatutsi Kuri X Yiyita Gitifu Sebatware Yamenyekanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

BDF Igiye Guha Imirenge SACCO Miliyari Frw 30

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Abanyarwanda Batega RwandAir Imbere Mu Gihugu Bariyongera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUtuntu n'Utundi

Abanyarwanda Bakwiye Gushimira Imana Aho Igihugu Cyabo Kigeze- Dr. Murigande

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?