Inzu y’imideli yitwa Moshions yatangaje ko umuntu wese ufite umwambaro wayo amaranye imyaka itatu kuzamura yawugarura ikawumugurira ubundi ukavugururwa. Abafite iyi myenda bashaka kuyigarura bagomba kuba...
Mu mateka y’ibitabo bitarimo amakabyankuru (non-fictional books) igitabo Spare cyanditswe n’igikomangoma cy’u Bwongereza Harry nicyo yaguzwe ku bwinshi kurusha ibindi. Haguzwe Kopi 400,000 ku munsi. Igikomangoma...
Muri Leta ya Colorado, USA, hari umwana witwa Jude afite imyaka 11 y’amavuko uzi gucuranga icyuma cya piano ku rwego rwahoranywe ku myaka ye n’umuhanga witwa...
Israel Mbonyi ari muri Australia mu bitaramo bitanu azahakorera. Nyuma y’igitaramo yakoreye mu Burundi, uyu muhanzi uri mu bakomeye mu ndirimbo zaririmbiwe Imana akomeje kwagura imipaka....
Jane Uwimana umwe mu bari gukurikiranira hafi ubuzima bw’umuhanzi w’umukambwe Abdul Makanyaga avuga ko uyu mugabo ari gutora akabaraga. Mu masaha make ashize hari urubuga nkoranyambaga...