Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imyitozo Ingabo Z’u Rwanda Na Polisi Zarimo Muri Uganda Yarangiye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Imyitozo Ingabo Z’u Rwanda Na Polisi Zarimo Muri Uganda Yarangiye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 June 2022 1:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ibiro by’Umuvugizi w’Ingabo za Uganda byatangaje ko kuri uyu wa 15, Kamena, 2022 ari bwo imyitozo  yahuzaga ingabo zo mu Karere yiswe Ushirikiano Imara 2022 yarangiye.

Ni imyitozo igamije kongerera ingabo zo muri aka karere ubumenyi mu bikorwa byo kurinda inkiko zabyo ariko harimo n’ubufatanye bwa buri gihugu kugira ngo hatagira ibihungabanya igihugu kimwe bishyigikiwe n’ikindi gihugu.

The 12th EAC Armed Forces Field Training Exercise After Action Review has successfully ended in Jinja today. This marks the end of all the activities of the exercise. pic.twitter.com/V7rmjfPvXP

— Defence Spokesperson (@UPDFspokespersn) June 15, 2022

Ibihugu byitabiriye iyi myitozo ni u Burundi, Kenya, Sudani y’Epfo,  u Rwanda, Uganda na Tanzania.

U Rwanda rwoherereje yo abasirikare bayobowe na Brig General Denis Rutaha ndetse n’abapolisi bayobowe na Assistant Commissioner of Police ( ACP) David Rukika.

Brig Gen Denis Rutaha
ACP David Rukika

Baba abapolisi baba n’abasirikare mbere y’uko burira indege babanje guhabwa amabwiriza n’abayobora aho bibukijwe ko ikinyabupfura, umurava ari byo bigomba kubaranga, bakirinda kuzasiga u Rwanda icyasha ahubwo bakazacyura inganji.

Umunsi wo gutangiza iriya myitozo ku mugaragaro witabiriwe n’umugaba w’ingabo z;u Rwanda zirwanira ku butaka, Lt Gen Mubarakh Muganga.

Kuri iyi nshuro abasirikare bitabiriye ariya mahugurwa bibukijwe gukorana bya hafi kugira ngo bafatanye gucungira umutekano akarere ibihugu byabo biherereyemo.

Ibi ariko ni icyifuzo kimaze igihe ariko kitaragerwaho kubera imitwe y’iterabwoba ibarizwa muri aka gace.

Iyi mitwe ituma umuhati wa Politiki wo gutuma aka karere gatekana utagerwaho ahubwo kagahora mu ntambara z’urudaca.

Aho ingabo za Uganda zikambitse
Iza Sudani y’Epfo
Izo muri Tanzania
TAGGED:AbapolisiAbasirikarefeaturedImyitozoMugangaUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Bwongereza Burashaka Kuva Mu Rukiko Rw’u Burayi Rw’Uburenganzira Bwa Muntu
Next Article Mu Byumweru Bike Biri Imbere Abimukira Bazoherezwa Mu Rwanda- Priti Patel
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?