Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imyitozo Ingabo Z’u Rwanda Na Polisi Zarimo Muri Uganda Yarangiye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Imyitozo Ingabo Z’u Rwanda Na Polisi Zarimo Muri Uganda Yarangiye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 June 2022 1:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ibiro by’Umuvugizi w’Ingabo za Uganda byatangaje ko kuri uyu wa 15, Kamena, 2022 ari bwo imyitozo  yahuzaga ingabo zo mu Karere yiswe Ushirikiano Imara 2022 yarangiye.

Ni imyitozo igamije kongerera ingabo zo muri aka karere ubumenyi mu bikorwa byo kurinda inkiko zabyo ariko harimo n’ubufatanye bwa buri gihugu kugira ngo hatagira ibihungabanya igihugu kimwe bishyigikiwe n’ikindi gihugu.

The 12th EAC Armed Forces Field Training Exercise After Action Review has successfully ended in Jinja today. This marks the end of all the activities of the exercise. pic.twitter.com/V7rmjfPvXP

— Defence Spokesperson (@UPDFspokespersn) June 15, 2022

Ibihugu byitabiriye iyi myitozo ni u Burundi, Kenya, Sudani y’Epfo,  u Rwanda, Uganda na Tanzania.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

U Rwanda rwoherereje yo abasirikare bayobowe na Brig General Denis Rutaha ndetse n’abapolisi bayobowe na Assistant Commissioner of Police ( ACP) David Rukika.

Brig Gen Denis Rutaha
ACP David Rukika

Baba abapolisi baba n’abasirikare mbere y’uko burira indege babanje guhabwa amabwiriza n’abayobora aho bibukijwe ko ikinyabupfura, umurava ari byo bigomba kubaranga, bakirinda kuzasiga u Rwanda icyasha ahubwo bakazacyura inganji.

Umunsi wo gutangiza iriya myitozo ku mugaragaro witabiriwe n’umugaba w’ingabo z;u Rwanda zirwanira ku butaka, Lt Gen Mubarakh Muganga.

Kuri iyi nshuro abasirikare bitabiriye ariya mahugurwa bibukijwe gukorana bya hafi kugira ngo bafatanye gucungira umutekano akarere ibihugu byabo biherereyemo.

Ibi ariko ni icyifuzo kimaze igihe ariko kitaragerwaho kubera imitwe y’iterabwoba ibarizwa muri aka gace.

- Advertisement -

Iyi mitwe ituma umuhati wa Politiki wo gutuma aka karere gatekana utagerwaho ahubwo kagahora mu ntambara z’urudaca.

Aho ingabo za Uganda zikambitse
Iza Sudani y’Epfo
Izo muri Tanzania
TAGGED:AbapolisiAbasirikarefeaturedImyitozoMugangaUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Bwongereza Burashaka Kuva Mu Rukiko Rw’u Burayi Rw’Uburenganzira Bwa Muntu
Next Article Mu Byumweru Bike Biri Imbere Abimukira Bazoherezwa Mu Rwanda- Priti Patel
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?