Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Indege Ya Mbere Ya RwandAir Itwara Imizigo Gusa Yageze I Kigali
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Indege Ya Mbere Ya RwandAir Itwara Imizigo Gusa Yageze I Kigali

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 November 2022 9:38 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hashize igihe gito Minisitiri w’ibikorwa remezo Dr. Ernest Nsengimana atangaje ko u Rwanda rwaguze indege nini igenewe gutwara imizigo gusa. Ubu yageze i Kigali.

RwandAir yatangarije kuri Twitter ko indege u Rwanda rwaguze ari iyo mu bwoko bwa B737-800SF.

Iyi ndege yo mu bwoko bwa Boeing ishobira ibisanduku( containers) 11 bya rutura birimo ibicuruzwa.

Today, we took delivery of our first dedicated cargo aircraft, #B737-800SF as we expand our fleet.#FlyTheDreamOfAfrica #FlySafeWithUs #RwandAirCargo pic.twitter.com/2NmLQpSxXn

— RwandAir (@FlyRwandAir) November 24, 2022

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Iri mu ndege zizwiho gutwara ibicuruzwa mu buryo butekanye kurusha izindi kugeza ubu.

Mu ntangiriro z’uko kwezi Minisitiri Nsengimana yari yavuze ko iriya ndege izaza kunganira izindi zari zisanzwe zitwara imizigo ariko zigatwara n’abagenzi.

Umwihariko wayo  ni uko nta mugenzi uzaba uyirimo.

Iyi ndege  ije gufasha abacuruza ibintu bitandukanye birimo n’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi kujya biva cyangwa bigezwa mu Rwanda bidahungabanye.

Ubucuruzi Bw’u Rwanda Mu Bushinwa Bwatitije Ibirwa Bya Maurice

- Advertisement -
TAGGED:ImizigoIndegeNsabimanaRwandAir
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Igice Cy’Umuhanda Ku Kiraro Cya Nyabarongo ‘Cyagize’ Ikibazo
Next Article Abacuruzi B’I Muhanga Baravugwaho Umwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?