Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Indirimbo Ya Alyn Sano Iri Mu Zikunzwe Cyane Kuri RFI
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Indirimbo Ya Alyn Sano Iri Mu Zikunzwe Cyane Kuri RFI

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 December 2022 6:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Radio France Internationale muri iki gihe iri gucishaho indirimbo y’Umunyarwandakazi Alyn Sano yiswe Say Less. Mu Kinyarwanda ni ‘Vuga Uziga’

Ni indirimbo yakoranye na bagenzi be Fik Fameica na Sat B.

Sano kandi aherutse kwegukana igihembo nk’umuhanzikazi w’umwaka mu Rwanda muri Kiss Summer Award.

Urutonde ruherutse gutangazwa na RFI rwerekana ko indirimbo  ‘Say Less’ ya Sano iri mu zikunzwe ku rutonde ruriho n’icyamamare muri Afurika uwo akaba ari Umunya Nigeria kazi witwa Yemi Alade.

Alade  ni we uyoboye n’indirimbo ye yise ’Baddie’ undi witwa  Aya Nakamura akaza ku mwanya wa kabiri n’indirimbo yise ’SMS’, mu gihe ’Say Less’ iri ku mwanya wa gatandatu.

Say Less yasohotse Taliki 1, Ukuboza 2022, ikaba ifite iminota 4 n’amasegonda 50.

Fik Fameika ugaragara muri iyi ndirimbo ni uwo muri Uganda n’aho Sat B kaba umuturage w’u Burundi.

Indirimbo ’Say Less’ mu buryo bw’amajwi yakozwe na Producer Element muri Country Records inononsorwa na Bob Pro.

TAGGED:AlynfeaturedIndirimboRFISano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article IGP Munyuza Yiyemeje Kuzubakira Abaturage Batishoboye
Next Article Kigali: Hatangijwe Imikino Itari Isanzwe Muri Car Free Day
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduro

Knowless Yagiye Tanzania Kuhasohorera Indirimbo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?