Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Indirimbo Ya Alyn Sano Iri Mu Zikunzwe Cyane Kuri RFI
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Indirimbo Ya Alyn Sano Iri Mu Zikunzwe Cyane Kuri RFI

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 December 2022 6:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Radio France Internationale muri iki gihe iri gucishaho indirimbo y’Umunyarwandakazi Alyn Sano yiswe Say Less. Mu Kinyarwanda ni ‘Vuga Uziga’

Ni indirimbo yakoranye na bagenzi be Fik Fameica na Sat B.

Sano kandi aherutse kwegukana igihembo nk’umuhanzikazi w’umwaka mu Rwanda muri Kiss Summer Award.

Urutonde ruherutse gutangazwa na RFI rwerekana ko indirimbo  ‘Say Less’ ya Sano iri mu zikunzwe ku rutonde ruriho n’icyamamare muri Afurika uwo akaba ari Umunya Nigeria kazi witwa Yemi Alade.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Alade  ni we uyoboye n’indirimbo ye yise ’Baddie’ undi witwa  Aya Nakamura akaza ku mwanya wa kabiri n’indirimbo yise ’SMS’, mu gihe ’Say Less’ iri ku mwanya wa gatandatu.

Say Less yasohotse Taliki 1, Ukuboza 2022, ikaba ifite iminota 4 n’amasegonda 50.

Fik Fameika ugaragara muri iyi ndirimbo ni uwo muri Uganda n’aho Sat B kaba umuturage w’u Burundi.

Indirimbo ’Say Less’ mu buryo bw’amajwi yakozwe na Producer Element muri Country Records inononsorwa na Bob Pro.

- Advertisement -
TAGGED:AlynfeaturedIndirimboRFISano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article IGP Munyuza Yiyemeje Kuzubakira Abaturage Batishoboye
Next Article Kigali: Hatangijwe Imikino Itari Isanzwe Muri Car Free Day
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?