Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Indonesia, Azerbaijan Na Pakistan Mu Biganiro Na Amerika Byo Kohereza Ingabo Muri Gaza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Indonesia, Azerbaijan Na Pakistan Mu Biganiro Na Amerika Byo Kohereza Ingabo Muri Gaza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 October 2025 5:49 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amerika iri mu biganiro n’ubuyobozi bwa Indonesia, ubwa Pakistan n’ubwa Azerbaijan ngo ibi bihugu bizohereze ingabo mu mutwe w’ingabo zizoherezwa muri Gaza kuhagarura amahoro.

Ibiganiro biganisha ku ishyirwaho ry’uriya mutwe birakomeje ngo uzajye muri Gaza gufasha mu gushyiraho ubutegetsi buzatuma ibintu bijya ku murongo.

Gusa hagati aho nta gihugu kiremeza mu buryo budasubirwaho ko kizazitanga.

Amerika iri kuganira n’ibihugu by’Abarabu by’incuti zayo ngo harebwe uko hashyirwaho izo ngabo, iki kikaba kimwe mu bigize umugambi w’amahoro wateguwe na Amerika.

Uwo mutwe uzafasha mu gutoza Polisi ya Palestine kandi mu gutegura uwo mutwe, Misiri na Jordan biri mu bihugu by’Abarabu bya mbere biri kuganirizwa nawe.

Ubwo uwo mutwe uzaba wamaze gushyirwaho, uzakurikirana uburyo bwo gushyiraho Leta ya Palestine izasubiza ibintu mu buryo muri Gaza.

Ubwo Politico yabazaga abayobozi ba Indonesia, Pakistan na Azerbaijan ngo bagire icyo babivugaho, ntacyo bayitangarije.

Amerika yamaze kohereza abasirikare 200 muri Israel ngo bafashe mu gukurikirana hafi iby’umugambi wa Trump wo muri Gaza.

TAGGED:AmerikafeaturedGazaIbiganiroTrump
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abasenateri Babajije Minisante Aho Igeze Ikemura Ubuke Bw’Abaganga
Next Article Kayonza: Imvura Yishe Batandatu Biganjemo Abana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

BNR Ivuga Ko Ubukungu Bw’u Rwanda Bukomeje Guhagarara Neza

RBC Iributsa Urubyiruko Kwisuzumisha Rukamenya Uko Ruhagaze Ku Bwandu Bwa SIDA

Ruhango: Urwego Rw’Umuvunyi Rwasanze Mu Miryango Higanje Ibibazo By’Izungura

Indonesia: 500 Bishwe N’Imyuzure, Abarokotse Kubona Icyo Kurya Ni Ingorabahizi

Mu Rwanda Kurwara Amenyo Ni Ikibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Hong Kong: Abishwe N’Inkongi Barakabakaba 100

You Might Also Like

Mu mahanga

Inganda Z’Intwaro Zungutse 5.9% Kubera Intambara Ya Ukraine N’Iya Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?