Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Indorerezi Za EAC Zangiwe Kujya Mu Matora Muri DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Indorerezi Za EAC Zangiwe Kujya Mu Matora Muri DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 December 2023 10:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bwa EAC bwatangaje ko nta ndororerezi y’Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba yemerewe kujya kugenzura amatora y’Umukuru w’igihugu azabamuri DRC kuri uyu wa Gatatu taliki 20, Ukuboza, 2023.

Impamvu ni uko nta rwego rwo muri DRC rwigeze rwemeza ubusabe bw’uko izo ndorerezi  zemerewe kujyayo none bigeze ku munsi ubanziriza amatora nyirizina.

Byari bisanzwe byemewe ko indorererezi z’uyu muryango zijya kureba uko amatora abera muri kimwe mu bihugu biwugize agenda ariko bigakorwa ku cyemezo cy’icyo gihugu.

N’ubwo ari uko bimeze, Ubunyamabanga bukuru bwa EAC bwifurije abaturage ba DRC kuzagira amatora aciye mu mujyo kandi  ibizakurikira amatora bizarangwe n’amahoro n’ubwumvikane.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Hashize igihe ubuyobozi bwa DRC buvuga ko hari ubushake bw’uko yazivana muri EAC.

Icyakora ibi ntibirashoboka kugeza ubu.

TAGGED:AmahangaAmatoraDRCEAC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sosthène Munyemana Ukekwaho Jenoside Yasabiwe Gufungwa Imyaka 30
Next Article Kurandura Ihohotera Bisaba Kubanza Kumva Neza Icyo Ari Cyo- DIGP Ujeneza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?