Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Indorerezi Za EAC Zangiwe Kujya Mu Matora Muri DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Indorerezi Za EAC Zangiwe Kujya Mu Matora Muri DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 December 2023 10:57 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bwa EAC bwatangaje ko nta ndororerezi y’Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba yemerewe kujya kugenzura amatora y’Umukuru w’igihugu azabamuri DRC kuri uyu wa Gatatu taliki 20, Ukuboza, 2023.

Impamvu ni uko nta rwego rwo muri DRC rwigeze rwemeza ubusabe bw’uko izo ndorerezi  zemerewe kujyayo none bigeze ku munsi ubanziriza amatora nyirizina.

Byari bisanzwe byemewe ko indorererezi z’uyu muryango zijya kureba uko amatora abera muri kimwe mu bihugu biwugize agenda ariko bigakorwa ku cyemezo cy’icyo gihugu.

N’ubwo ari uko bimeze, Ubunyamabanga bukuru bwa EAC bwifurije abaturage ba DRC kuzagira amatora aciye mu mujyo kandi  ibizakurikira amatora bizarangwe n’amahoro n’ubwumvikane.

Hashize igihe ubuyobozi bwa DRC buvuga ko hari ubushake bw’uko yazivana muri EAC.

Icyakora ibi ntibirashoboka kugeza ubu.

TAGGED:AmahangaAmatoraDRCEAC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sosthène Munyemana Ukekwaho Jenoside Yasabiwe Gufungwa Imyaka 30
Next Article Kurandura Ihohotera Bisaba Kubanza Kumva Neza Icyo Ari Cyo- DIGP Ujeneza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?