Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Za DRC Zishe Abo Muri Wazalendo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ingabo Za DRC Zishe Abo Muri Wazalendo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 June 2024 8:42 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku wa Mbere taliki 17 nibwo insoresore zo mu ihuriro ry’urubyiruko rwiyise Wazalendo bikoze bagaba igitero ku birindiro by’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Zikihagera zasanze izi ngabo zaziteguye zirazirasa hapfamo abantu batandatu.

Kuri uyu wa Gatatu ariko ubu harabarurwa abantu icyenda bo muri Wazalendo bamaze guhitanwa n’amasasu.

Iri rasana ryabereye ahitwa Mabalako muri Teritwari ya Beni mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Sosiyete sivile yo muri aka gace ivuga ko nta mibare y’ingabo za DRC zaguye muri iri rasana iratangazwa kandi nta n’icyo ubuvugizi bw’izi ngabo burabivugaho.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Radio Okapi ivuga ko abagize Wazalendo bashinjwa na benshi kwigira ibihararumbo, bagacucura abantu utwabo, abandi bakabafungira muri za kasho bacukuye munsi y’ubutaka.

Umwe mu bayobozi ba Wazalendo avugwa gukora nk’Umushinjacyaha mukuru ku buryo bamugezaho ibibazo, agafunga cyangwa akarekura uwo ashaka.

Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi yigeze gishima Wazalendo, avuga ko igizwe n’urubyiruko rw’intangarugero mu gukunda igihugu.

Kubera kutumvikana ku mafaranga uru rubyiruko rugomba guhemberwa akazi rufashamo ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo ko kurwanya M23, abarugize bahisemo gutura abaturage umunabi baterwa n’ubwo bumvikane buke.

Niyo mpamvu babasahura, abandi bakabakorera ibya mfura mbi.

- Advertisement -

Ikindi aba Wazalendo bavuga kitagenda neza ni uko ku rugamba na M23 ari bo bashyirwa imbere, bakaraswa, abasirikare ba DRC bigaramiye!

TAGGED:CongoDRCIngaboWazalendo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bwa Mbere Ofisiye Ba RCS Batojwe Nayo Ubwayo
Next Article Bwongereza: Umuryango Ukize Kurusha Indi Uravugwaho Gucuruza Abantu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?