Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Za Kenya Ngo Zagiye Muri DRC Gutabara Umuturanyi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Ingabo Za Kenya Ngo Zagiye Muri DRC Gutabara Umuturanyi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 November 2022 4:52 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

William Ruto uherutse gutorerwa kuyobora Kenya yavuze ko ingabo ze zigiye muri DRC gutabara inshuti kuko ari inshingano.

Mu gihe izi ngabo zurira amakamyo y’intambara zijya muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, hari n’iza Uganda zihamaze igihe.

Zagiye yo zigiye kwirukana abarwanyi ba ADF Kampala ishinja kuba intandaro y’umutekano muke mu bice byinshi byayo.

Mu ijambo yatangaje ubwo yahaga ingabo ze amabwiriza yo kujya muri DRC kurwana na M23, Perezida Ruto yavuze ko umutekano muke muri DRC ari ikibazo ibihugu byose bituranye nayo bigomba gufata nk’ibyacyo.

Ati: “ Ibibazo byabo bigomba kuba nari n’ibyacu kubera ko turi abaturanyi. Umutakano wa DRC ni ikintu Kenya igomba gushyiraho imbaraga kugira ngo igereho.”

Ingabo za Kenya zoherejwe muri DRC mu rwego rwo gushyira mu bikorwa umwe mu myanzuro wafatiwe mu masezerano aherutse gusinyirwa i Nairobi yavugaga ko hagomba gushyirwaho ingabo z’Akarere zo kujya guhangana n’imitwe y’inyeshyamba yaciye ibintu muri kiriya gihugu.

Ingabo za Kenya zahawe inshingano yo guhashya abarwanyi ba M23 by’umwihariko.

Bamwe mu basesengura uko ibintu byifashe muri Afurika y’i Burasirazuba, bavuga ko DRC ishobora kongera kuba isibanuro ry’intambara y’aka Karere.

Mu minsi ishize, hari umuhati umuryango mpuzamahanga washyizeho kugira ngo urebe ko wahosha intambara iri muri kariya karere.

Intumwa  y’Angola yaje kuganira na Perezida Tshisekedi na Perezida Kagame ndetse n’Umunyamabanga mukuru wa UN Antonio Guterres nawe yaganiriye na Perezida Kagame kuri iyi ngingo.

U Rwanda ruvuga ko kugira ngo ibiri kubera muri DRC birangire, ibone amahoro, ari uko ibikubiye mu masezerano yasinyiwe i Luanda no muri Nairobi bishyirwa mu bikorwa.

TAGGED:DRCfeaturedIngaboIntambaraKagameRwandaTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwisuzumye Rureba Aho Rugeze Ruha Buri Wese Murandasi
Next Article Tshisekedi Yasabye ‘Abaturage Bose’ Guhaguruka Bakarwanya u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abasirikare N’Abapolisi B’u Rwanda Bari Muri UN 

Guverinoma Ya DRC Irashaka Kwisubiza Uvira Mu Buryo Bwuzuye

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Kwamamaza Mushikiwabo, Uburundi, DRC… Uko Nduhungirehe Asobanura Ibyo Mu Karere

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Abasenateri Barashaka Kumenya Uko Ubworozi Bw’u Rwanda Bubungabunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Gari Ya Moshi Zagonganye Hapfa Abantu 21

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoUbubanyi n'Amahanga

Kagame yashimye ‘Senegal’ Yatwaye AFCON

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi Rusange

Imisemburo Y’Abagore Niyo Ibatera Kurwara Umutwe Kenshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?