Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Z’U Rwanda Zabohoye ‘Bidasubirwaho’ Agace Ka Awasse Muri Cabo Delgado
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Ingabo Z’U Rwanda Zabohoye ‘Bidasubirwaho’ Agace Ka Awasse Muri Cabo Delgado

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 August 2021 11:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kugeza ubu mu buryo budasubirwaho, ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique birukanye abarwanyi ba Al Qaeda bari birigaruriye Agace ka Awasse kari mu tugize Intara ya Cabo Delgado.

Nyuma yo kuhigarurira, babyeretse abasizirikare bo mu ngabo z’ibindi bihugu biri muri kiriya gihugu kugira ngo bijye ku mugaragaro.

Igikorwa cyo kumurikira ziriya ngabo ko RDF n’ingabo za Mozambique zigaruriye hariya hantu kitabiriwe n’abakuru b’ingabo z’ibi bihugu bari muri kariya gace hiyongereyeho abakuru b’ingazo za Botswana na Zimbabwe.

Hari kandi n’itangazamakuru ryo muri kiriya gihugu n’itangazamakuru mpuzamahanga.

Muri iki gihe uruganda rutunganya amashanyarazi muri kariya gace rwari rwarigaruriwe na bariya barwanyi ruri mu maboko ya Leta ya Mozambique n’ubwo bwose rwangijwe na bariya barwanyi.

Mu minsi ishize Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Col Ronald Rwivanga yari aherutse kuvuga akazi kazijyanye kari kugenda neza kandi ko bagakomeje.

Zasize zitwitse iki gikoresho cy’amashanyarazi
Kariya gace nta mashanyarazi gafite muri iki gihe
Abasirikare beretswe uko akazi kakozwe
Umwe mu basirikare ba Mozambique
TAGGED:featuredIngabo MozambiqueRDFRwivanga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abapolisi Barimo ACP Kulamba Basezerewe, CSP Camille Zuba Asezererwa Muri RCS
Next Article Icyo Kuba ‘Colonel’ Bivuze Mu Gisirikare
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?