Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Z’u Rwanda Zikomeje Gufasha Abaturage Ba Sudani Y’Epfo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Ingabo Z’u Rwanda Zikomeje Gufasha Abaturage Ba Sudani Y’Epfo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 April 2022 6:20 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hagati y’Italiki ya 28 n’italiki ya 31, Werurwe, ingabo z’u Rwanda ziri muri Sudani y’Epfo zahaye ubufasha bw’imiti abatuye agace ka Malakal muri Sudani y’Epfo .

Byakozwe n’abasirikare bagize Umutwe w’ingabo witwa Rwandan peacekeepers (Rwanbatt2), bakaba barafatanyije n’abapolisi bagize  itsinda bita Rwanda Formed Police Unit 1 (FPU1).

Bakorera muri Malakal mu Ntara ya Nile

Itangazo ingabo z’u Rwanda zwashyize ku rubuga rwazo rivuga ko iriya nkunga yatanzwe mu rwego rwo gukomeza kwibutsa abantu kwirinda no kwivuza indwara zitandura ariko zica benshi.

Ikindi ni uko abasirikare b’u Rwanda na Polisi yarwo bapimwe umuvuduko w’amaraso y’abaturage bo muri kariya karere kugira ngo barebe niba ntabafite umuvuduko wayo kuko nawo ni mubi ku bantu.

Mu minsi hafi itatu, abantu 712  nibo basuzumwe kandi bose barengeje imyaka 40 y’amavuko.

Umwe mu bahawe buriya bufasha witwa Utaz Pal Deng Garang akaba ari nawe uyobora agace bariya baturage batuyemo yashimye ubufasha bahawe n’ingabo z’u Rwanda na Polisi yarwo, avuga ko inama babahaye bazazikurikiza.

Ingabo z’u Rwanda zahaye abaturage iyi mfashanyo
Basuzumwe uko amaraso yabo atembera
TAGGED:featuredIngaboPolisiUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyarugenge: Ukekwaho Kwiba No Gucuruza Ibyuma By’Amashanyarazi Yafashwe
Next Article Umuyobozi Wa UNICEF Yaganiriye Na Jeannette Kagame Ku Iterambere Ry’Umwana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

RDF/Military Police Mu Myitozo Ikarishye

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Elwelu Mu Bajenerali Barindwi Museveni Yahaye Ikiruhuko Cy’Izabukuru

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

U Rwanda Rwatangiye Amarushamwa Nyafurika Ya Basketball Rutsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?