Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingabo Z’u Rwanda Zikomeje Gufasha Abaturage Ba Sudani Y’Epfo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Ingabo Z’u Rwanda Zikomeje Gufasha Abaturage Ba Sudani Y’Epfo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 April 2022 6:20 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hagati y’Italiki ya 28 n’italiki ya 31, Werurwe, ingabo z’u Rwanda ziri muri Sudani y’Epfo zahaye ubufasha bw’imiti abatuye agace ka Malakal muri Sudani y’Epfo .

Byakozwe n’abasirikare bagize Umutwe w’ingabo witwa Rwandan peacekeepers (Rwanbatt2), bakaba barafatanyije n’abapolisi bagize  itsinda bita Rwanda Formed Police Unit 1 (FPU1).

Bakorera muri Malakal mu Ntara ya Nile

Itangazo ingabo z’u Rwanda zwashyize ku rubuga rwazo rivuga ko iriya nkunga yatanzwe mu rwego rwo gukomeza kwibutsa abantu kwirinda no kwivuza indwara zitandura ariko zica benshi.

Ikindi ni uko abasirikare b’u Rwanda na Polisi yarwo bapimwe umuvuduko w’amaraso y’abaturage bo muri kariya karere kugira ngo barebe niba ntabafite umuvuduko wayo kuko nawo ni mubi ku bantu.

Mu minsi hafi itatu, abantu 712  nibo basuzumwe kandi bose barengeje imyaka 40 y’amavuko.

Umwe mu bahawe buriya bufasha witwa Utaz Pal Deng Garang akaba ari nawe uyobora agace bariya baturage batuyemo yashimye ubufasha bahawe n’ingabo z’u Rwanda na Polisi yarwo, avuga ko inama babahaye bazazikurikiza.

Ingabo z’u Rwanda zahaye abaturage iyi mfashanyo
Basuzumwe uko amaraso yabo atembera
TAGGED:featuredIngaboPolisiUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyarugenge: Ukekwaho Kwiba No Gucuruza Ibyuma By’Amashanyarazi Yafashwe
Next Article Umuyobozi Wa UNICEF Yaganiriye Na Jeannette Kagame Ku Iterambere Ry’Umwana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

Hari Umwuka Mubi Hagati Ya DRC Na Zambia

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

Amerika Yarashe Rwagati Muri Venezuela 

Guinée Equatoriale Yahinduye Umurwa Wayo Mukuru 

Karongi: Abo Mu Nkambi Ya Kiziba Nabo Bamaganye Ingengabitekerezo Iba i Kinshasa

Maduro N’Umugore We Bagejejwe Muri Gereza Ya Amerika

You Might Also Like

Ubukungu

Gatsibo: Bizeye Kuzabona Amazi Yiyongera Kuyo Basanganywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Amerika Irashaka ‘Kugura’ Greenland

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

2025: Umwaka Ikawa Y’u Rwanda Yarwinjirije Amadolari Menshi Kurusha Indi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abagore 30 Mu Bakomando Ba RCS Batojwe Gutabara Aho Rukomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?