Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingamba Nshya Zo Gukemura Ibura Rya Bisi Mu Mujyi Wa Kigali
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Ingamba Nshya Zo Gukemura Ibura Rya Bisi Mu Mujyi Wa Kigali

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 October 2023 1:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Umuntu azajya yishyura igiciro kingana n'aho bisi imugejeje
SHARE

Minisitiri y’ibikorwa remezo yasohoye amabwiriza y’uko hagiye kubaho uburyo bushya bwo gutwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali. Kimwe mu byo aya mabwiriza ateganya ni uko hagiye gushyirwaho parikingi yihariye y’imodoka z’imyanya irindwi zizajya zifashishwa mu gutwara abagenzi by’agateganyo.

Izi modoka zari zisanzwe zitwara abagenzi ariko mu buryo butemewe ariko ‘bwihanganirwaga.’

Amabwiriza ya Minisiteri y’ibikorwaremezo ivuga ko abaziyemeza gutanga imodoka zabo ngo zikore aka kazi nta misoro bazacibwa kubera ko ari iby’agateganyo.

Mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’imodoka nke zitwara abagenzi, bisi ziri mu byerekezo bidafite abagenzi benshi zizajya zunganira izikorera mu byerekezo bibafite.

Minisiteri ivuga kandi ko Leta igiye gukorana n’abafite bisi ziri mu magaraje kureba uko zakoreshwa kugira ngo zikire ubundi zisubire mu kazi.

Leta kandi ivuga ko hari bisi igiye gukodesha kugira ngo zize kunganira izisanzwe zikora.

Ikibazo cy’imodoka nke zitwara abagenzi kiri mu bihangayikishije abatuye umujyi wa Kigali n’abayobozi bawo muri rusange.

Amabwiriza ya Minisiteri y’ibikorwaremezo

 

TAGGED:featuredKigaliMinisitiriUmujyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kayirangwa Yatangiye Inshingano Mu Muryango Mpuzamahanga W’Umurimo
Next Article Ukraine Yamenye Ko ‘Umugabo Yigira Yakwibura Agapfa’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?