Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ingoro y’Inteko Ishinga Amategeko Ya Afurika y’Epfo Yafashwe n’Inkongi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ingoro y’Inteko Ishinga Amategeko Ya Afurika y’Epfo Yafashwe n’Inkongi

admin
Last updated: 02 January 2022 10:53 am
admin
Share
SHARE

 

Umuriro ukomeye wibasiye Ingoro y’Inteko ishinga amategeko ya Afurika y’Epfo mu mujyi wa Cape Town, utuma zimwe mu nkuta z’iyi nyubako zitangira kwiyasa.

Abashinzwe kuzimya umuriro batangiye guhangana n’iyi nkongi guhera ahana saa 05:30 mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru.

Umwe mu bavugizi wa serivisi z’ubutabazi muri Cape Town yabwiye AFP ko “igisenge cy’inyubako cyafashwe n’inkongi ndetse Ingoro y’Inteko ishinga amategeko irimo gushya.”

Yakomeje ati “Umuriro ntabwo turabasha kuwugenzura ndetse inkuta z’inyubako zatangiyekwiyasa.”

Ntabwo icyateye uyu muriro kiramenyekana.

Iyi ngoro ya Cape Town yubatswe hagati y’imyaka ya 1875–1884.

TAGGED:Afurika y'EpfofeaturedIngorointeko ishinga amategeko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ijoro Ry’Ubunani: Abantu 7000 Barimo Na Samusure Bafashwe Batirinze COVID
Next Article Dufite Umugambi Wo Gukomeza Gukorana N’u Rwanda- Umukozi Mukuru Muri Ambasade Y’Amerika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?