Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inkunga Ya Croix Rouge Y’u Rwanda Mu Nkambi Ya Nyabiheke Na Kiziba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Inkunga Ya Croix Rouge Y’u Rwanda Mu Nkambi Ya Nyabiheke Na Kiziba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 December 2023 6:18 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nk’umufasha wa Leta mu bikorwa by’ubutabazi,  Croix-Rouge y’u Rwanda ivuga ko yakoze ibikorwa bitandukanye byo kurengera ubuzima bw’abatuye mu nkambi za Nyabiheke na Kiziba bifite agaciro ka Miliyoni Frw 800.

Inkambi ya Nyabiheke iba mu Karere ka Gatsibo n’aho iya Kiziba ikaba mu Karere ka Karongi

Croix Rouge y’u Rwanda ivuga ko yavuguruye ikigo nderabuzima cyo mu Nkambi ya Nyabiheke, ihatanga ibikoresho bigezweho byifashishwa mu isuzumiro bifite agaciro ka miliyoni Frw 15.

Muri iyi nkambi, Croix-Rouge ihasanganywe ibindi bikorwa by’iterambere bigamije kuzamura imibereho y’abayituye.

Mu bindi ivuga ko yakoze harimo imbangukiragutabara yahawe icyo kigo nderabuzima, amatsinda yo kubitsa no kugurizanya yahawe igishoro agura inka n’imirima, ubwiherero bwubakiwe abatishoboye n’ibindi.

Uyu muryango utabara imbabare kandi watanze ibikoresho byo kwa muganga mu kigo nderabuzima cy’inkambi ya Kiziba mu Karere ka Karongi.

Yesterday, we proudly extended our support to the Kiziba refugee camp's Health Center, ensuring vital health materials reach those in need. Grateful for the collaboration with @SaveChildren & honored by the appreciation from @UNHCR & @RwandaEmergency pic.twitter.com/KBmQbRtrxn

— Rwanda Red Cross (@Rwandaredcross) December 15, 2023

Abayibamo bahawe ibikoresho bifasha abana bato n’abagore batwite na nyuma yo kubyara.

Ibyo ni imiti, uturindantoki n’udupfukamunwa( ibi ni ibirinda abaganga bari mu kazi).

Abakozi ba Croix Rouge y’u Rwanda bavuga ko mu mwaka wa 2022/2023, umaze guha abatuye inkambi ya Kiziba  inkunga ifite agaciro ka miliyoni Frw 500.

Umaze kandi guha abatuye iya Nyabiheke ibifite agaciro ka miliyoni Frw 300, inkunga yose hamwe mu nkambi zombi ikaba ingana na miliyoni Frw 800.

TAGGED:Croix-RougeGatsiboInkambiKarongiKizibaNyabiheke
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article MINALOC Ntiyamenyesheje Komisiyo Y’Amatora Ibyo Gutora Usimbura Mpabwanamaguru
Next Article Kenya Yavuze Ko Idashobora Guta Muri Yombi Uwo DRC Idashaka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Ruri Kureshya Abakire Bo Mu Buhinde

MINEDUC Yagiye Gutoza Abanyeshuri Isuku

Irani: Abamaze Kugwa Mu Myigaragambyo Bagera Kuri 500

Muhanga: Bashinja Sosiyete Icukura Amabuye Y’Agaciro Kubambura

Miliyari Frw 1.2 Ziva Mu Gusura Nyungwe Zigiye Gufasha Abandi Bayituriye Kubaho Neza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

Menya Imyanzuro Y’Inama Nkuru Ya 17 Ya FPR-Inkotanyi Iheruka

You Might Also Like

Mu Rwanda

Umutekano Mu Muhanda Uvuze Byinshi – Minisitiri Biruta

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Nyamasheke: Yakubise Gitifu Amuziza Kumwimisha Inkunga Y’Ibiribwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Gatsibo: Bizeye Kuzabona Amazi Yiyongera Kuyo Basanganywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abagore 30 Mu Bakomando Ba RCS Batojwe Gutabara Aho Rukomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?