Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bibiliya Mu Rwanda Ziri Gukendera
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Bibiliya Mu Rwanda Ziri Gukendera

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 August 2023 9:04 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda uvuga ko mu Rwanda hari Bibiliya nke. Ni ikibazo abayobozi b’uyu muryango bavuga ko gikomeye kubera ko kudasoma Bibiliya bituma hari indangagaciro abantu batakaza.

Umuyobozi w’uyu muryango witwa Julie Kantengwa avuga ko ikindi kibazo gihari uko umubare w’abantu bayoboka ijambo ry’Imana ugabanuka hirya no hino ku isi.

Avuga ko Abanyarwanda bose buri wese yagira icyo akora kugira ngo Bibiliya ziboneke zidahenze.

Ngo abateraga inkunga Abanyarwanda ngo babone Bibiliya bagabanutseho 80%.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Muri iki gihe kugira ngo Bibiliya iboneke yuzuye, itwara $100 ariko kugira ngo Umunyarwanda ayibone, bimusaba $8.

Viateur Ruzibiza usanzwe ari Umunyamabanga mukuru wa Sosiyete ya Bibiliya mu Rwanda avuga ko abanyamadini basabwe kuzageza ubutumwa ku bayoboke babo kugira ngo bitange uko babishoboye, batere inkunga Bibiliya.

Avuga ko ibibazo biri hirya no hino ku isi byagize ingaruka no k’ukuboneka kwa Bibiliya.

Ati: “ Inkunga ya buri Munyarwanda irakenewe kugira ngo Bibiliya ziboneke kandi zigere kuri benshi. Bibiliya ni igitabo Abanyarwanda bakeneye kugira ngo ibahe ihumure kandi ibakomeze.”

Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda uvuga ko ababishaka bashobora gutera inkunga mu kugura no guha abaturage Bibiliya

- Advertisement -

Ni ubukangurambaga buzamara amezi atatu, abantu babwirwa uburyo bwo gutanga amaafaranga.

Bibiliya zikoreshwa mu Rwanda zikorerwa mu Bushinwa na Koreya y’Epfo.

Kubera ko muri iki gihe hari Bibiliya zitwarwa muri Telefoni, hari bamwe batirirwa bagura iz’impapuro.

Abanyarwanda barasabwa gutera inkunga abazana Bibiliya mu Rwanda
TAGGED:Bibiliyafeatured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umunyakenya Yishe Umunyarwanda Bapfa Inkumi
Next Article Kagame Yakiriye Abayobozi Ba BK
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?