Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inshuti Ya Trump Yishwe 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 September 2025 8:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu bantu ba hafi wari ukuri muto witwa Charlie Kirk yishwe arashwe ubwo yari yaje kwifatanya n’abanyeshuri bo muri Kaminuza ya Utah. Byababaje cyane Donald Trump avuga ko Amerika ihombye cyane.

The Washington Post iherutse kwandika ko uyu mugabo ari umwe mu bantu bari aba hafi cyane ya Perezida Trump.

Abantu babiri Polisi yari yafashe ibashinja uruhare mu iraswa rye, baje kurekurwa ariko gushakisha abandi babigizemo uruhare birakomeje.

BBC yanditse ko Polisi yasanze nta sano abo yari yafashe bafitanye n’urupfu rwa Kirk.

Iperereza rya Polisi rivuga ko imbunda yamurashe yarasiwe ahantu ku gisenge bikozwe na mudahusha.

Nyuma yo kuraswa, Kaminuza yari yajemo yahise ifungwa kandi abapolisi benshi bitwaje ibikoresho bikomeye n’imbwa zisaka bahoherejwe ngo baharinde ari nako bakusanya ibimenyetso.

Charlie Kirk yashinze Umuryango yisw Turning Point USA, uyu muryango ukaba wijuje imyaka 18 ubayeho, akaba yarasiwe muri Kaminuza ya Uttah Valley University.

Umunyamakuru wa BBC uri mu bice witwa Anthony Zurcher avuga ko n’ubwo muri Amerika hasanzwe irasana rya hato na hato, kurasa uriya mugabo bishobora kuzagira ingaruka zikomeye kubera ijambo yari afite imbere ya Perezida Donald Trump.

Charles James Kirk yavutse mu mwaka wa 1993 akaba apfuye afite imyaka 32.

Mu myaka mike yari afite, apfuye amaze gukora byinshi birimo kuba icyamamare mu itangazamakuru, akaba yari afite Umuryango ukomeye mu rwego rwa politiki cyanecyane muba Repubulikani, ari naryo shyaka rya Trump.

TAGGED:AmerikaInshutiTrump
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika
Next Article Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?