Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Intambara Ya Israel Na Hamas Yongeye YUBUYE
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Intambara Ya Israel Na Hamas Yongeye YUBUYE

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 December 2023 9:42 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’agahenge k’iminsi irindwi kari karashyizweho hagati ya Israel na Hamas, ubu intambara yubuye, Israel ikavuga ko Hamas hari ibyo itakurikije mu bikubiye mu masezerano agashyiraho.

Abayobozi ba Israel bavuga ko n’ikimenyimenyi , hari ibisasu bya Hamas byaje mu kirere cyayo.

Agahenge hagati ya Hamas na Israel hari kamaze iminsi irindwi, muri yo abantu 110 bari barafashwe na Hamas bakaba bararekuwe mu gihe Israel nayo yarekuye abandi 240.

BBC yanditse ko n’ubwo ari uko ibintu bimeze, ku rundi ruhande, hari abahuza bo muri Qatar bakomeje kugerageza uko impande zombi zakongera kuganira zikemeranya ku kindi gihe cy’agahenge.

Bivugwa ko kuba iyi ntambara yubuye, bivuze ko ishobora gutuma ibintu bikomeza kuzamba, impunzi zikiyongera, abayigwamo nabo bikaba uko.

Mbere y’uko kandi imirwano yubura, bivugwa ko Umunyamabanga w’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken yari yabanje gusaba Israel gukora uko ishoboye ikirinda guhutaza abasivili.

 

TAGGED:featuredHamasIntambaraIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article I Huye Harateganywa Kuzubakwa Ikigo Gikomeye Mu Bya Drones
Next Article COGEBANQUE Yaguzwe Yose
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?