Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Intambara Ya Israel Na Hamas Yongeye YUBUYE
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Intambara Ya Israel Na Hamas Yongeye YUBUYE

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 December 2023 9:42 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’agahenge k’iminsi irindwi kari karashyizweho hagati ya Israel na Hamas, ubu intambara yubuye, Israel ikavuga ko Hamas hari ibyo itakurikije mu bikubiye mu masezerano agashyiraho.

Abayobozi ba Israel bavuga ko n’ikimenyimenyi , hari ibisasu bya Hamas byaje mu kirere cyayo.

Agahenge hagati ya Hamas na Israel hari kamaze iminsi irindwi, muri yo abantu 110 bari barafashwe na Hamas bakaba bararekuwe mu gihe Israel nayo yarekuye abandi 240.

BBC yanditse ko n’ubwo ari uko ibintu bimeze, ku rundi ruhande, hari abahuza bo muri Qatar bakomeje kugerageza uko impande zombi zakongera kuganira zikemeranya ku kindi gihe cy’agahenge.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Bivugwa ko kuba iyi ntambara yubuye, bivuze ko ishobora gutuma ibintu bikomeza kuzamba, impunzi zikiyongera, abayigwamo nabo bikaba uko.

Mbere y’uko kandi imirwano yubura, bivugwa ko Umunyamabanga w’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken yari yabanje gusaba Israel gukora uko ishoboye ikirinda guhutaza abasivili.

 

TAGGED:featuredHamasIntambaraIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article I Huye Harateganywa Kuzubakwa Ikigo Gikomeye Mu Bya Drones
Next Article COGEBANQUE Yaguzwe Yose
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?