Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Intambara Ya Israel Na Hamas Yongeye YUBUYE
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Intambara Ya Israel Na Hamas Yongeye YUBUYE

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 December 2023 9:42 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’agahenge k’iminsi irindwi kari karashyizweho hagati ya Israel na Hamas, ubu intambara yubuye, Israel ikavuga ko Hamas hari ibyo itakurikije mu bikubiye mu masezerano agashyiraho.

Abayobozi ba Israel bavuga ko n’ikimenyimenyi , hari ibisasu bya Hamas byaje mu kirere cyayo.

Agahenge hagati ya Hamas na Israel hari kamaze iminsi irindwi, muri yo abantu 110 bari barafashwe na Hamas bakaba bararekuwe mu gihe Israel nayo yarekuye abandi 240.

BBC yanditse ko n’ubwo ari uko ibintu bimeze, ku rundi ruhande, hari abahuza bo muri Qatar bakomeje kugerageza uko impande zombi zakongera kuganira zikemeranya ku kindi gihe cy’agahenge.

Bivugwa ko kuba iyi ntambara yubuye, bivuze ko ishobora gutuma ibintu bikomeza kuzamba, impunzi zikiyongera, abayigwamo nabo bikaba uko.

Mbere y’uko kandi imirwano yubura, bivugwa ko Umunyamabanga w’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken yari yabanje gusaba Israel gukora uko ishoboye ikirinda guhutaza abasivili.

 

TAGGED:featuredHamasIntambaraIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article I Huye Harateganywa Kuzubakwa Ikigo Gikomeye Mu Bya Drones
Next Article COGEBANQUE Yaguzwe Yose
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?