Inteko Ishinga Amategeko Ya Uganda Yahawe Undi Wo Kuyiyobora

Anita Among Annet amaze guhabwa ubushobozi bwo kuyobora Inteko ishinga amategeko ya Uganda nyuma y’uko Jacob Oulanyah wayiyoboraga aherutse kwitaba Imana.

Perezida Museveni niwe wahaye Anita Among Annet inkoni yo kuyobora iriya Nteko.

Jacob Oulanyah wayobora Inteko ishinga amategeko ya Uganda yitabye Imana  ku Cyumweru taliki 20, Werurwe, 2022 aguye mu bitaro.

Yari Perezida wa 11 wa Uganda wasimbuye Rebecca Kadaga.

- Advertisement -

Oulanyah yatangiye kuyobora Inteko ishinga amategeko ya Uganda mu mwaka wa 2021.

Yaguye mu bitaro by’i Seatle muri Leta zunze ubumwe z’Amerika mu ijoro ryacyeye.

Yahawe n’ibendera ry’igihugu
Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version