Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inteko Yemeje Amasezerano Y’Ubufatanye Bw’u Rwanda N’Ubwongereza Ku By’Abimukira
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Inteko Yemeje Amasezerano Y’Ubufatanye Bw’u Rwanda N’Ubwongereza Ku By’Abimukira

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 February 2024 7:49 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’uko Minisitiri w’ubutabera akaba n’Intumwa nkuru ya Leta Dr. Emmanuel Ugirashebuja ahaye ibisobanuro Inteko ishinga amategeko, Umutwe w’Abadepite, ku ishingiro ry’Itegeko rigana imikoranire y’u Rwanda n’Ubwongereza ku kibazo cy’abimukira, bakanyurwa, bawemeje.

Dr. Emmanuel Ugirashebuja mu Nteko ishinga amategeko kuri uyu wa Kane taliki 22, Gashyantare, 2024

Aya masezerano yari yarashyiriweho umukono i Kigali n’Umunyamabanga wa Leta y’Ubwongereza ushinzwe ubutegetsi bw’igihugu James Cleverly na mugenzi we w’u Rwanda ushinzwe ububanyi n’amahanga Dr. Vincent Biruta.

Hari taliki 05, Ukuboza, 2023.

Nyuma y’uko Inteko Rusange yemeje ishingiro ry’umushinga w’itegeko ryemera kwemeza amasezerano hagati y’u Rwanda n’Ubwongereza, ubu igikurikiyeho ni uko ugomba gusuzumirwa muri Komisiyo.

Ibikubiye muri aya masezerano biracyagizwe ibanga ribitswe n’ababifitiye uburenganzira.

Aho u Rwanda Rugiye Gusinyira Amasezerano N’Ubwongereza Hateguwe

TAGGED:AmasezeranoBwongerezafeaturedIntekoItegekoRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yakiriye Kirr Mu Biro Bye Baganira Ku Biri Mu Karere
Next Article Tshisekedi Ati: ‘Gushaka Amahoro Birimo Ubwenge Kurusha Intambara’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inzoga Z’Inkorano Zikomeje Kwangiza Ubuzima Bw’Abanyarwanda

Hari Isezerano BK Iha Abafite Inganda Z’Ikawa…

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

Zaria Igiye Kubona Umufatanyabikorwa Ukomeye

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Rwamagana: Uruganda SteelRwa Rukomeje Kuba Ikibazo Ku Buzima Bw’Abaturage

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Huye: Urubyiruko Rwahawe Ibibuga By’Imikino Bikozwe Na Croix Rouge Y’u Rwanda 

Ubufaransa Bugiye Gukoresha Inama Ku Mutekano Mu Karere

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Guhurira Muri Amerika Kwa Kagame Na Tshisekedi Kwimuriwe Mu Ugushyingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muri Somalia Byifashe Bite?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Nta Byinshi Dufite Byo Gusesagura- Kagame Abwira Sena

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Byaba Byagenze Gute Ngo Amerika Ihagarike Gukorana Na Israel?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?