Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inyabutatu Yahuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Inyabutatu Yahuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 February 2024 12:36 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Cyril Ramaphosa, Felix Tshisekedi na Evariste Ndayishimiye bahuye baganira uko barushaho gukorana mu kurwana na M23.

Ndayishimiye aherutse kubwira Abarundi ko ari ngombwa gukorana na DRC kuko umwanzi wabo ari umwe.

Hagati nyuma yaje kujya gusura Felix Tshisekedi baganira uko barushaho gukorana ndetse icyo gihe yabwiye abanyeshuri bo muri Kaminuza zo muri DRC ko yifuza ko ubuyobozi bukuru bw’u Rwanda bwavanwaho.

Yavuze ko ibyo yabikora yifashishije urubyiruko rw’u Rwanda kuko ngo rurakandamijwe.

Ibi ariko urubyiruko rw’u Rwanda rwo rurabihakana, rukavuga ko  intego yarwo ari ugukora rugatera imbere.

Cyril Ramaphosa we ayobora igihugu gifite abasirikare benshi mu ngabo za SADC ziherutse koherezwa muri DRC guhangamura M23.

Aherutse kwemeza ko hari abasirikare 2,900 ashaka koherezayo kugira ngo bafatanye na DRC nk’igihugu kigize SADC mu guhangamura M23.

Nta byatangajwe ku byo aba bakuru b’ibihugu baganiriyeho ariko ushingiye ku mikoranire isanzwe hagati y’ibihugu byabo, ushobora kwemeza utibeshya ko baganiriye uko bakongera umuriri mu ntambara bamazemo igihe na M23.

TAGGED:featuredM23NdayishimiyeRamaphosaTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gushyiraho Leta Ya Palestine Ituranye N’Iya Israel Bikomeje Kwigwaho
Next Article Miss Naomie Arateganya Ubukwe Mu Mpera Z’Umwaka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?