N’ubwo itarerura ngo itangaze ko yivanye mu Muryango w’Afurika y’i Burasirazuba, EAC, Repubulika ya Demukarasi ya Congo iri gukora uko ishoboye ngo ikorane na Angola na...
Mu buryo busa n’aho butashobokaga kubera ko yari amaze iminsi avugwaho ruswa k’uburyo yendaga kweguzwa, Perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yatorewe gukomeza kuyobora ishyaka riri...
Perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yaraye akuweho amaboko n’abo mu ishyaka rye, ANC, nyuma yo kubona ko yagize uruhare mu byo inkiko ziri kumukurikiranaho birimo...
Uyu mugabo wigeze kuyobora Afurika y’Epfo ariko akaza gufungwa nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gusuzugura urukiko rwari rwamutumije ngo aburane ku kirego cya ruswa, yarekuwe nyuma...
Hari Taliki 01, Kamena, 2022 ubwo umugabo witwa Arthur Fraser wahoze uyobora Urwego rw’iperereza rw’Afurika y’Epfo yagezaga ikirego mu rukiko arega Perezida Ramaphosa ibintu bikomeye. Fraser...