Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inyungu y’Ikawa U Rwanda Rwohereje Mu Mahanga Yazamutseho 32%
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Inyungu y’Ikawa U Rwanda Rwohereje Mu Mahanga Yazamutseho 32%

Last updated: 05 April 2021 1:34 pm
Share
SHARE

Ikigo Gishinzwe Guteza Imbere Ibyoherezwa Mu Mahanga Bikomoka ku Buhinzi n’Ubworozi, NAEB, cyatangaje ko inyungu u Rwanda rwakuye mu ikawa mu cyumweru gishize yazamutseho 32.8%, ugereranyije n’iy’icyumweru cyabanje.

NAEB kuri uyu wa Mbere yavuze ko ikawa yoherejwe mu mahanga yageze ku bilo 366.780 byavuyemo $1,336,935, ni ukuvuga miliyari 1.3 Frw.

Yakomeje iti “Ugereranyije n’icyumweru cyabanje, ingano n’inyungu yabonetse byazamutse 17.8% na 32.8% nk’uko bikurikirana. Ibihugu yoherejwemo cyane birimo u Burusiya, u Bushinwa, u Budage na Canada.”

Mu cyumweru gishize imboga, imbuto n’indabo byoherejwe byo byari ibilo 176,413, byinjije $494,716.

Ugereranyije n’icyumweru cyabanje, ingano y’ibyoherejwe yagabanyutseho 39.9% kuko bwo hoherejwe 293.815 Kg, mu gihe inyungu yabonetse yagabanyutseho 27.1 % kuko hari habonetse $679.126.

Hoherejwe cyane avoka, imbuto, urusenda, imiteja n’indabo, mu bihugu birimo u Buholandi, Repubulika ya Demokarasi ya Congo, u Bwongereza n’u Budage.

Mu cyumweru cyabanje nabwo byari byagabanyutse mu ngano y’ibyoherejwe n’inyungu yavuyemo ho 16.5% na 34.1 % nk’uko bikurikirana, ugereranyije n’icyumweru cyari cyakibanjirije.

Icyayi cyoherejwe mu cyumweru gishize nacyo cyaragabanyutse kigera ku bilo 423,420 byinjije $1.099.797. Ugereranyije n’icyumweru cyanje, inyungu n’ingano y’ibyoherejwe byagabanyutseho 22%.

Byoherejwe cyane mu bihugu bya Pakistan, u Bwongereza na Afghanistan.

TAGGED:featuredIcyayi cy'u RwandaIkawa y'u RwandaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Netanyahu Yagejejwe Mu Rukiko Ashinjwa Gukoresha Nabi Ubutegetsi
Next Article Kigali: Polisi Imaze Gufunga Utubari 70 Mu Byumweru Bitatu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?