Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inzu Y’Abagenzi Ku Kibuga Cy’Indege Cya Lagos Yahiye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Inzu Y’Abagenzi Ku Kibuga Cy’Indege Cya Lagos Yahiye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 March 2021 2:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imwe mu nyubako abagenzi bategererezamo indege ko zihaguruka iri i Lagos muri Nigeria yahiye. Iyibasiwe ni iyo abagenzi batega Kenya Airways bategererezamo indege.

SaharaReporters yanditse iyi nkuru mbere ivuga ko icyateye iriya nkongi kitaramenyekana.

Umwe mu bayobozi bo kuri kiriya kigo yagize ati: “Igice kimwe cy’inyubako abagenzi bategererezamo Kenya Airways yahiye. Ariko abashinzwe kuzimya umuriro batabaye ntihangirika ibintu byinshi.”

Ikibuga cy’indege cya Lagos kiri mu gace ka Ikeja muri Leta ya Lagos.

Ni ikibuga kitiriwe uwahoze ayobora Nigeria witwa Murtala Muhammed.

TAGGED:featuredLagosNigeria
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Na Leta Ziyunze Z’Abarabu Basinye Amasezerano Y’Ubufatanye Mu Bucuruzi
Next Article Dr Nsanzabaganwa Yasigiye Inshingano Rwangombwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanyeshuri Barasubira Ku Ishuri Guhera Kuri Uyu Wa Gatandatu

Kamonyi: Abagabo Bahaye Umwana Inzoga Bose Irabica

Guinée: Doumbouya Yatsinze Amatora 

Beyoncé Yabaye Undi Muhanzi Ufite Miliyari $1

Kagame Yishimira Ko Inzego Z’Umutekano Z’u Rwanda Zihagaze Bwuma

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibitabo Umuntu Yandika Ni Umutungo We Bwite Ashobora No Gutanga- Prof Nzeyimana Wigisha Filozofiya

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

BRD Yahawe Umuyobozi Mushya

Hashyizweho Itsinda Rizakurikirana Uko Kuhira Imyaka Bizakorwa Muri Kayonza

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

You Might Also Like

Mu mahanga

Bunyoni Ararembye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Nyagatare: Inka 125,000 Zigiye Gukingirwa Indwara Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Centrafrique: Ibyavuye Mu Matora Bizatangira Kumenyekana Mu Cyumweru Gitaha 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Abana Bagiye Gutozwa Guhesha Agaciro Imbyino Gakondo Nyarwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?