Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inzu Yubakirwa Umusaza Nyagashotsi Igeze Kure
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Inzu Yubakirwa Umusaza Nyagashotsi Igeze Kure

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 March 2021 8:26 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hashize Ibyumweru bibiri hatangiye kubakwa inzu y’amasaziro y’Umusaza Epimaque Nyagashotsi. Ni igikorwa cyatangijwe nyuma y’uko abwiye Taarifa ko agiye gusaza nabi kandi yaraharaniye ko u Rwanda rubohorwa kandi akaba atarigeze atezuka ku bunyangamugayo n’ubwo ubuyobozi bw’ibanze bwamubereye imfura gito!

Mbere y’uko atangira kubakirwa inzu, Nyagashotsi yari yasabye Umukuru w’Igihugu kuzamuremera akamworoza inka, akazasaza anywa amata kuko niyo yari yaragenewe muri gahunda ya Gira Inka Munyarwanda ubuyobozi bw’ibanze bwayimwimye nyuma y’uko bumwatse ruswa akanga kuyitanga.

Icyo gihe kandi yasabye Perezida Kagame kuzamuha inzu ikomeye y’amasaziro kuko iyo yari afite  ihomesheje ibyondo kandi itagira igikoni.

Muri iki gihe Nyagashotsi arishimye kuko abona ko inzu yasabye Umukuru w’Igihugu iri hafi kuzura kuko abayubaka bayigejeje hafi ku gisenge.

Ifite Fondasiyo y’amabuye kandi yubakishije amatafari ahiye.

Epimaque Nyagashotsi atuye mu mudugudu wa Kamamesa, mu Kagari ka Ndatemwa mu  Karere ka Gatsibo. Iwe abana n’abuzukuru be babiri b’abakobwa.

Imirimo yo kubaka irakomeje
TAGGED:featuredIgihuguInzuNyagashotsiUmukuru
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mushikiwabo Yakiriwe Na Macron Mu Biro Bye
Next Article “Être Covidé”, “Les Poches Sont Confinées” …Imvugo Z’Urwenya Kuri COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Nigeria: Umuhanzi Ifunanya Yishwe N’Inzoka

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

‘Gusaranganya Shisha Kibondo’ Ni Ruswa Nini Mu Rwego Rw’Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeUbumenyi N'Ubuhanga

Tekeniki Zifasha Inyoni Kuguruka Zigishije Abantu Gukora Indege

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?