Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Iran Nayo Yatangiye Kwitegura Intambara
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Iran Nayo Yatangiye Kwitegura Intambara

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 October 2023 7:19 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hari amashusho ari kuri X yerekana amakamyo atwaye ibifaro byinshi bivugwa ko ari ibya Leta ya Kisilamu ya Iran biri kwegerezwa umupaka wayo na Iraq.

Iran is moving heavy equipment to the border with Iraq. pic.twitter.com/7KAd81QKDU

— S p r i n t e r (@Sprinter99800) October 14, 2023

N’ubwo mbere y’uko ugera kuri Israel uturutse muri Iran ugomba kubaza guca muri Iraq, Syria cyangwa Jordania, abahanga mu bya gisirikare bavuga ko Iran ifite impungenge z’uko ingabo z’Amerika zasigaye muri Iran na Syria zazayirasaho igihe cyose zaba zabyemeranyijeho na Israel.

Iran yitaruye Israel ariko yatangiye kwitegura kuzarwana nayo igihe cyose bizaba ngombwa

Israel ishinja Iran kuba yarafashije Hamas kuyiteguraho igitero yayigabyeho taliki 07, Ukwakira, 2023 hari ku wa Gatandatu.

Ambaderi w’iki gihugu mu Rwanda Einat Weiss aherutse kubwira Taarifa ko nta shiti Iran ibiri inyuma.

Yavuga ko ibyo yakoze yabikoze ariko ko Israel igiye gutangiza intambara itazi igihe izarangira ariko ko yiteguye ko niyo byaba ngombwa ko ikwira mu Burasirazuba bwose bwo Hagati Israel izayirwana.

Iran iti: ‘Palestine Izatsinda’

Umuyobozi w’ikirenga wa Iran  Ayatollah Seyyed Ali Khamenei yabwiye umwe mu bisilamu bakomeye wo muri Nigeria mu nkuru igaragara ku kinyamakuru cyo muri Iran kitwa presstv.ir ko ibyo Palestine yatangije ari intambara izatsinda byanze bikunze.

Yagize ati: “ Ibiri kubera muri Iran muri iki gihe ni ibyerekana imbaraga za Islam kandi ku bushake bwa Allah, bizarangira abanya Palestine batsinze.”

Umuyobozi w’ikirenga wa Iran Ayatollah Seyyed Ali Khamenei aganira na Sheikh Ibrahim Zakzaky

Ayatollah Khamenei avuga ko Abisilamu bose bo ku isi bafite inshingano zo gushyigikira Abanya Palestine.

Mu gihe avuga ibi, ku rundi ruhande Israel yasabye abasivili bo muri Gaza kuyivamo vuba na bwangu kuko idashaka ko ibyo izakorera Hamas byagira undi bigiraho ingaruka.

TAGGED:featuredIntambaraIranIraqIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article UN: Urwego Mpuzamahanga Abanyarwanda Benshi Bifuza Gukorera
Next Article 85% Y’Ubutaka Buhingwa Ku Isi Yanditswe Ku Bagabo- UN
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

M23 Ivuga Ko Yakuye Abarwanyi Bayo Muri Uvira, Leta Ya Kinshasa Iti: ‘Murabeshya!’

Abanyarwandakazi Bafite Ubumuga Bwo Kutabona Barataka Kubera Ihohoterwa

Umukobwa Wo Mu Ruhango Bamusanze Mu Cyumba Cy’Umusore Yapfuye

RDB Yongereye Amasaha Yo Gufungura Utubari 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

M23 Yemeye Kuva Muri Uvira Ariko Igira Ibyo Isaba…

Trump Yeruye Arega BBC Ngo Imwishyure Miliyari $10

Uko Ikibazo Cya Feri Za Spiro Giteye

Umusaruro Mbumbe W’ u Rwanda Wazamutseho 11.8% Mu Gihembwe Cya Gatatu

FDLR Yarwanye Na Mai Mai

You Might Also Like

Imyidagaduro

DJ Toxxyk Akurikiranyweho Kugonga Umupolisi Agapfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ibishanga Bya Kigali Byangizwa N’Ababisukamo Amazi Yanduye- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

UN Yemeza Ko Nta Nzara ‘Ikomeye’ Ikiri Muri Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunya Iraq Wahoze Ari Impunzi Yatorewe Kuyobora UNHCR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?