Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Iran Yihimuye Kuri Israel
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Iran Yihimuye Kuri Israel

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 June 2025 7:50 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Abaturage bahakomerekeye ari benshi
SHARE

Ikoresheje ibisasu bya missiles biraswa kure, Iran yarashe i Tel Aviv muri Israel, uyu ukaba umujyi ukomeye w’ubucuruzi na Politiki. Niwo mujyi ukorerwamo n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe ndetse n’ibya Minisitiri w’ingabo.

Ibyo bisasu bya missiles bita ballistic byaraye biraswa muri Israel ijoro ryose ryakeye, ari nako Israel nayo irasa muri Iran ikoresheje indege.

Muri Israel kandi humvikanye urusaku rw’ibyuma bita sirens biburira abaturage ngo bajye kwihisha mu nzu zo hasi kugira ngo batagwirwa n’ibyo bisasu.

BBC izindutse yandika ko muri Israel hari abantu benshi bakomerekejwe nibyo bisasu ndetse ko abantu babiri bahaguye, abandi  21 barimo umukecuru w’imyaka 60 bakomeretse cyane.

Uruhande rwa Israel ruvuga ko abapfuye bombi ari abagore baguye kwa muganga.

Ikindi ni uko hari igisasu cyo muri Iran cyaguye mu murwa mukuru wa Israel ari wo Yeruzalemu.

Mu masaha ya kare kuri uyu wa Gatanu, ingabo za Israel zari zigambye ko hari abasirikare bakuru ba Iran ziciye mu gitero zagabye mu ijoro ryari ryacyeye, zikavuga ko bapfanye n’abahanga mubyo gukora intwaro.

Abasirikare ba Iran n’abahanga bayo bishwe na Israel

Perezida wa Amerika yabwiye Iran ko niba itemeye gusinya amasezerano yo kureka kwikungahaza ku butare bukorwamo intwaro, Israel yiteguye gukomeza kuyisukaho umuriro.

Amakuru kandi avuga ko muri Amerika hari impaka zo kumenya niba igihe kigeze ngo hatangizwe intambara yeruye kuri Iran

TAGGED:AbaturagefeaturedIbisasuIntambaraIranIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Trump Ati: ‘Ninginze Iran Kenshi Yanga Kumva’
Next Article Ubukene Bwabujije Amavubi Y’Abagore Kwitabira CECAFA
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?