Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Irushanwa Ku Kirango Cya Stade Amahoro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Irushanwa Ku Kirango Cya Stade Amahoro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 April 2023 2:16 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri ya Siporo yatangaje irushanwa ku bantu bose bujuje ibisabwa ngo bakore ikirango kizaranga Stade Amahoro iri kuvugururwa. Bamwe mu bubaka iyi stade bavuga ko igeze hejuru ya 60% yuzura.

Iri kuvugurwa mu rwego rwo kuyagura kugira ngo izajye yakira abantu 45000 ivuye ku bantu 35000.

Ikigo cy’ubwubatsi cy’abanya Turikiya kitwa SUMMA JV Rwanda nicyo kiri kuyivugurura.

Ni cyo cyubatse n’inzu yitwa BK Arena ikinirwamo imikino itandukanye akaba n’ahantu ho kwidagadurira.

Stade Amahoro izuzura itwaye Miliyari Frw 160.

Kubera ko imirimo yo kuyisana iri kugera kure, Minisiteri ya Siporo yatangaje ko abahanga mu gukora ibirango batangira guhatanira gukora ikirango kizashyirwa kuri iyi Stade.

Uzatsinda muri iri rushanwa azahembwa Miliyoni Frw 1.

Abahatana bagomba kuba barangije kugeza ku nzego bireba ibihangano byabo bitarenze taliki 30, Mata, 2023.

Inteko y’abazatoranya ikirango nyacyo ibaza igizwe n’abakozi ba Minisiteri ya siporo, abakozi b’Ibiro by’Umuvugizi wa Guverinoma, abagize Inteko y’Ururimi n’umuco ndetse n’abo mu ihuriro nyarwanda ry’abanyabugeni n’ubukorikori.

Taliki 05, Mata, 2023 nibwo hazatangazwa abatsinze.

Biteganyijwe ko Stade Amahoro izuzura muri Kamena, 2024.

TAGGED:AmahorofeaturedImikinoIrushanwaSiporoStade
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muri Sudani Intambara Yubuye
Next Article Icyo Afurika Ikeneye Ni Ubufatanye- Perezida Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Kugonganisha Ibigo Bitubura Imbuto Byakoze K’Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubuhinzi

Rwanda: Utubari Tugiye Kujya Dufunga Mu Rukerera

Kayonza: Nyemazi Yazize Kubuza Abaturage Gusuhuka Kubera Inzara

Kinshasa Irasaba AFC/M23 Gufungura Ikibuga Cy’Indege Cya Goma Byihuse

U Rwanda Rwatangije Irushanwa Rizajya Rihuza Za Kaminuza Muri Siporo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Kayonza: Nyemazi Yazize Kubuza Abaturage Gusuhuka Kubera Inzara

U Rwanda Rwamurikiye Abanya Congo Brazzaville Aho Rugejeje Ubukungu Bwarwo

You Might Also Like

Mu mahanga

Afurika Y’Epfo: Abantu 11 Biciwe Mu Kivunge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Kagame Yaganiriye N’Umuyobozi W’Ikigega Cy’Isi Cy’Imari 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?