Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Irushanwa Ku Kirango Cya Stade Amahoro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Irushanwa Ku Kirango Cya Stade Amahoro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 April 2023 2:16 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri ya Siporo yatangaje irushanwa ku bantu bose bujuje ibisabwa ngo bakore ikirango kizaranga Stade Amahoro iri kuvugururwa. Bamwe mu bubaka iyi stade bavuga ko igeze hejuru ya 60% yuzura.

Iri kuvugurwa mu rwego rwo kuyagura kugira ngo izajye yakira abantu 45000 ivuye ku bantu 35000.

Ikigo cy’ubwubatsi cy’abanya Turikiya kitwa SUMMA JV Rwanda nicyo kiri kuyivugurura.

Ni cyo cyubatse n’inzu yitwa BK Arena ikinirwamo imikino itandukanye akaba n’ahantu ho kwidagadurira.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Stade Amahoro izuzura itwaye Miliyari Frw 160.

Kubera ko imirimo yo kuyisana iri kugera kure, Minisiteri ya Siporo yatangaje ko abahanga mu gukora ibirango batangira guhatanira gukora ikirango kizashyirwa kuri iyi Stade.

Uzatsinda muri iri rushanwa azahembwa Miliyoni Frw 1.

Abahatana bagomba kuba barangije kugeza ku nzego bireba ibihangano byabo bitarenze taliki 30, Mata, 2023.

Inteko y’abazatoranya ikirango nyacyo ibaza igizwe n’abakozi ba Minisiteri ya siporo, abakozi b’Ibiro by’Umuvugizi wa Guverinoma, abagize Inteko y’Ururimi n’umuco ndetse n’abo mu ihuriro nyarwanda ry’abanyabugeni n’ubukorikori.

- Advertisement -

Taliki 05, Mata, 2023 nibwo hazatangazwa abatsinze.

Biteganyijwe ko Stade Amahoro izuzura muri Kamena, 2024.

TAGGED:AmahorofeaturedImikinoIrushanwaSiporoStade
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muri Sudani Intambara Yubuye
Next Article Icyo Afurika Ikeneye Ni Ubufatanye- Perezida Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?