Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Israel: Baritegura Kwakira Trump Nk’Umwami
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Israel: Baritegura Kwakira Trump Nk’Umwami

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 October 2025 2:22 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Abakozi ba Minisiteri y'ingabo nibo babishyizemo imbaraga. Ifoto: The Jerusalem Post
SHARE

Ubuyobozi bwa Israel buri gutegura aho Perezida Donald Trump azakirirwa. Ni imyiteguro ikomeye mu rwego rwo kumwereka ko bamwishimiye kubera uruhare yagize mu gutuma intambara ya Gaza irangira.

Kuri uyu wa Mbere nibwo azagera muri iki gihugu avuye mu Misiri, akazaba agenzwa no kureba imbonankubone uko abaturage ba Israel bari barashimuswe na Hamas barekurwa.

Ku kibuga cy’indege Ben Gurion hari gutegurwa amabendera menshi ya Israel naya Amerika mu rwego rwo kwerekana ubumwe buranga ibihugu byombi.

Bahashashe kandi igishura gitukura(red carpet) kireshya na metero 50 Perezida Donald Trump azakandagiraho akimanuka mu ndege Air Force One igenewe Umukuru w’igihugu cya Amerika.

Imirimo yo kwakira Donald Trump iri gukorwa no kugenzurwa n’abakozi ba Minisiteri y’ingabo.

Itangazo ryayo rigira riti: “Abakozi bo muri Minisiteri bashinzwe ibikorwa bamaze iminsi bakuranwa mu gutegura aho Perezida azururukira n’aho azakirirwa. Birakorwa ku buryo buri kintu cyose kigomba kuba kiri ku murongo.”

Abapolisi babarirwa mu bihumbi nibo bari gusaka ahantu hose hahegereye, bakaba bari gucunga umutekano ku kibuga cy’indege no mu Murwa mukuru Yeruzalemu.

Trump nahagera azabanza kugirana ibiganiro na Netanyahu, akomereze mu Nteko ishinga amategeko kuhatangira ikiganiro.

TAGGED:featuredImyiteguroIntambaraIsraelTrump
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kera Kabaye Ibiribwa N’Imiti Byemerewe Kwinjira Muri Gaza Ku Bwinshi
Next Article Abanya Israel Ba Mbere Batwawe Na Hamas Barekuwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Menya Ahaza Kurasirwa Ibishashi Birangiza 2025

Muhanga: Umunyamategeko Yakatiwe Gufungwa Imyaka 15

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Bunyoni Ararembye

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rutaremara Agaya Ababyeyi Bahariye Abayaya Uburere Bw’Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyeshuri Barasubira Ku Ishuri Guhera Kuri Uyu Wa Gatandatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinée: Doumbouya Yatsinze Amatora 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Beyoncé Yabaye Undi Muhanzi Ufite Miliyari $1

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?