Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Israel Ivuga Ko Yagabanyije Gaza Mo Ibice Bibiri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Israel Ivuga Ko Yagabanyije Gaza Mo Ibice Bibiri

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 November 2023 2:39 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kugeza ubu ngo hariho Gaza y’Amajyaruguru na Gaza y’Amajyepfo nk’uko Umuvugizi w’ingabo za Israel witwa Lt Col Jonathan Conricus abivuga.

Jonathan Conricus avuga ko ingabo z’igihugu cye zaciyemo kabiri Gaza nyuma kuyihinguranyamo, igice cy’Amajyaruguru kikaba ari cyo bivugwa ko kirimo abarwanyi ba Hamas benshi, mu gihe icy’Amajyepfo abaturage basabwa kuba ari cyo bahungiramo.

Gucamo Gaza kabiri ngo byahaye Israel uburyo bufatika bwo kurwana na Hamas mu buryo bweruye, abaturage batakiri muri iki gice cy’imirwano ikomeye.

Conricus asaba abatuye Gaza bose guhungira mu Majyepfo bakirinda kugerwaho n’ingaruka z’intambara ikomeye izarota mu Majyaruguru mu gihe kiri imbere.

Lt Col Jonathan Conricus

BBC ivuga ko igice Israel ivuga ko kirimo abarwanyi benshi ba Hamas cyamaze gushyirwa mu icuraburindi kubera ko nta mashanyarazi na murandasi biharangwa.

TAGGED:AbarwanyifeaturedGazaHamasIbiceIntambaraIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikawa Ihingwa Mu Ruhango Igiye Kuvugururwa
Next Article Bahaye Inteko Y’Abunzi Ruswa Ngo Irenganye Mushiki Wabo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?