Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Israel Yatangaje Telefoni Y’Umuyobozi Wa Hamas Ngo UN Imuhamagare
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Israel Yatangaje Telefoni Y’Umuyobozi Wa Hamas Ngo UN Imuhamagare

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 December 2023 3:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’uko Inteko rusange ya UN yemeje ko intambara yo muri Gaza ihagarara, uhagarariye Israel muri uyu Muryango witwa  Gilad Erdan yazamuye icyapa cyanditseho nomero ya telefoni y’Umuyobozi mukuru wa Hamas witwa Yahya Sinwar asaba UN ko yamuhamagara akaba ari we ubazwa ibyo guhagarika intambara kuko ari Hamas yayitangije.

Erdan yagize ati: “ Ese mu by’ukuri murashaka ko intambara ihagarara? Niba ari ko bimeze, nimuhamagare iyo nomero y’umuyobozi wa Hamas mubimusabe kuko niwe watangiye iyi ntambara.”

Gilad yavuze ko Sinwar ari we ufite urufunguzo rw’uko intambara ihagaze mu buryo burambye kandi ngo yabikora aramutse asabye  abarwanyi be gushyira intwaro hasi, bakarekura abaturage ba Israel bashimuse.

N’ubwo ibihugu byinshi byatoye ko intambara ihagarara, hakemezwa umwanzuro 153-10 ku rundi ruhande ibihugu 23 byifashe, ariko ibindi nka Amerika, Autriche, Czech Republic, Guatemala, Liberia, Micronesia, Nauru, Papa New Guinea na Paraguay byanze kuwutora.

TAGGED:HamasIsraelNomeroUmuyoboziUN
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Moïse Katumbi Yahagaritse Kwiyamamaza
Next Article RIB Yasangije Mali Uko Ikurikirana Ibyaha Bimunga Ubukungu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwamagana: Ubuyobozi Bwamurikiwe Igishanga Gitunganyijwe Cya Cyaruhogo

Kenya Yashyizeho Icyunamo Cy’Iminsi Irindwi Bunamira Odinga

Gasabo: Bafatanywe Urumogi Rwuzuye Umufuka

Abanyarwanda Tugomba Kubaho Kuko Ni Impano Y’Imana- Kagame

Netanyahu Yavuze Ko Niba Hamas Itamanitse Amaboko Ijuru Rizayigwira

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Madagascar: Ingabo Zafashe Ubutegetsi 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Intumwa Za DRC N’Iza AFC/M23 Zongeye Kuganirira i Doha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Hamas Iherutse Guhura Mu Ibanga N’Intumwa Za Amerika Kubera Kudashira Amakenga Israel

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?