Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Israel Yatangaje Telefoni Y’Umuyobozi Wa Hamas Ngo UN Imuhamagare
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Israel Yatangaje Telefoni Y’Umuyobozi Wa Hamas Ngo UN Imuhamagare

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 December 2023 3:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’uko Inteko rusange ya UN yemeje ko intambara yo muri Gaza ihagarara, uhagarariye Israel muri uyu Muryango witwa  Gilad Erdan yazamuye icyapa cyanditseho nomero ya telefoni y’Umuyobozi mukuru wa Hamas witwa Yahya Sinwar asaba UN ko yamuhamagara akaba ari we ubazwa ibyo guhagarika intambara kuko ari Hamas yayitangije.

Erdan yagize ati: “ Ese mu by’ukuri murashaka ko intambara ihagarara? Niba ari ko bimeze, nimuhamagare iyo nomero y’umuyobozi wa Hamas mubimusabe kuko niwe watangiye iyi ntambara.”

Gilad yavuze ko Sinwar ari we ufite urufunguzo rw’uko intambara ihagaze mu buryo burambye kandi ngo yabikora aramutse asabye  abarwanyi be gushyira intwaro hasi, bakarekura abaturage ba Israel bashimuse.

N’ubwo ibihugu byinshi byatoye ko intambara ihagarara, hakemezwa umwanzuro 153-10 ku rundi ruhande ibihugu 23 byifashe, ariko ibindi nka Amerika, Autriche, Czech Republic, Guatemala, Liberia, Micronesia, Nauru, Papa New Guinea na Paraguay byanze kuwutora.

TAGGED:HamasIsraelNomeroUmuyoboziUN
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Moïse Katumbi Yahagaritse Kwiyamamaza
Next Article RIB Yasangije Mali Uko Ikurikirana Ibyaha Bimunga Ubukungu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?