Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Israel Yavuze Ko Izakomeza Guhiga Hamas Niyo Ntawabiyifashamo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Israel Yavuze Ko Izakomeza Guhiga Hamas Niyo Ntawabiyifashamo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 December 2023 6:54 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Abasirikare ba Israel bakomeje gushaka uko babohora abajyanyweho umunyago
SHARE

Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu yavuze ko igihugu cye kizarwana na Hamas niyo ibindi bihugu byose harimo n’Amerika bitayishyigikira.

Netanyahu yavuze ko bazarwana na Hamas kugeza ku munota wa nyuma.

Netanyahu

Ibi kandi byemejwe na Minisitiri wayo w’ububanyi n’amahanga witwa Eli Cohen.

Cohen avuga ko Israel iramutse ihaye Hamas agahenge yaba ikoze ikosa kuko byaba ari nko kuyiha impano.

Perezida wa Amerika Joe Biden aherutse gutangaza ko isi yose iri gutera umugongo Israel mu ntambara iri kurwana na Hamas kubera ko ngo irasa aho ariho hose muri Gaza bigateza ibibazo ‘bitari ngombwa’.

Ibi ariko ntibyaciye intege ingabo za Israel kubera ko zakomeje kurasa cyane mu bice byinshi bya Gaza zivuga ko zifite amakuru avuga ko byihishemo abarwanyi ba Hamas.

Ibi byose bijya gucika byatangiye taliki 07, Ukwakira, 2023 ubwo abarwanyi ba Hamas bagabaga ibitero bitunguranye muri Israel bakica abantu 1200 bagashimuta abandi 240.

Bamwe mu bashimuswe baje kurekurwa ariko hari n’abandi bagifitwe bunyago.

Uhagarariye Israel muri UN witwa Gilad Erdan yatangaje ko niba isi ishaka ko intambara ihagarara, bahamagara umuyobozi mukuru wa Hamas bakamubwira agasaba abayoboke be gushyira intwaro hasi kandi bakarekura abo bafashe bunyago.

Ngo niba bidakozwe isi ntikwiye kwitega ko intambara ihagarara.

Yabahaye nomero ye  ngo bazamuhamagare.

Yahya Sinwar umuyobozi wa Hamas( aha ni mu mwaka wa 2021)
TAGGED:featuredHamasIbiteroIntambaraIsraelNetanyahu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuyobozi W’Ibitaro by’Akarere Bya Muhanga Avugwaho Kutaboneka Mu Kazi
Next Article Inyambo Zigiye Kuba Indi Soko Y’Ubukerarugendo Bukomeye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?