Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Israel Yishe Umugaba Mukuru W’Ingabo Za Iran Zirwanira Ku Butaka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Israel Yishe Umugaba Mukuru W’Ingabo Za Iran Zirwanira Ku Butaka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 June 2025 11:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Major General Ali Shademani
SHARE

Nyuma y’igihe kirekire bamucunga, bategereje ko yinjira ahantu yakekaga ko hatekanye, abasirikare ba Israel bishe umusirikare mukuru mu ngabo za Iran wari umugaba mukuru w’izirwanira ku butaka.

Ubuvugizi bw’’ingabo za Israel bwemeza ko yiciwe mu nkengero za Teheran aho yari ari kumwe n’abandi basirikare bakuru.

Ubwo ibitero bya Israel byatangiraga kuwa Gatanu w’Icyumweru gishize, Major General Ali Shademani  yahunganye na bamwe mu basirikare be, bajya mu nkengero za Teheran aho bumvaga ko batekanye.

Ikoranabuhanga ry’ingabo za Israel rikoresha cameras za drones ryakomeje kumucunga kugeza ubwo we n’abo bari bari kumwe bihuruzaga ahantu hamwe, hanyuma bakaraswa igisasu bose.

Maj.Gen. Ali Shademani yari amaze igihe ari umugaba mukuru w’ingabo za Iran zirwanira ku butaka.

Hagati aho Iran nayo yaraye irashe igisasu ku bitaro biri ahitwa Beersheba muri Israel birasenyuka kandi gisiga gishenjaguye abari baharwariye barimo umwana na Nyina.

Perezida wa Israel Isaac Herzog yahasuye avuga ko ibyo Iran yakoze bizayigaruka kuko Israel izayigerera mu kebo nayo yayigereyemo.

Ikindi kivugwa ni uko Minisitiri w’ingabo za Israel witwa Israel Katz yavuze ko hagiye gutangira kurebwa uko n’Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran yakwicwa.

Uwo ni Ayattolah Ali Khamenei.

TAGGED:IgiteroIndegeIntambaraIranIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hasinywe Ubufatanye Bw’Ingabo Z’u Rwanda N’Iz’Ubwami Bwa Maroc
Next Article Amakipe Muri EAC Azakina Imikino Ya Volley Yo Kwibuka Jenoside Yamenyekanye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abagendera Muri Rwandair Bazajya Bareberamo ‘Filimi Nyarwanda’

Abaturiye CIMERWA Bagiye Kwimurwa

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Abanyarwanda Bitabiriye UCI

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Tigers BBC Yatwaye Bwa Mbere Igikombe Cya Rwanda Cup

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Hamas Irashaka Igihe Cyo Gusesengura Gahunda Y’Amahoro Yateguwe Na Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?