Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Israel Yishe Umugaba Mukuru W’Ingabo Za Iran Zirwanira Ku Butaka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Israel Yishe Umugaba Mukuru W’Ingabo Za Iran Zirwanira Ku Butaka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 June 2025 11:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Major General Ali Shademani
SHARE

Nyuma y’igihe kirekire bamucunga, bategereje ko yinjira ahantu yakekaga ko hatekanye, abasirikare ba Israel bishe umusirikare mukuru mu ngabo za Iran wari umugaba mukuru w’izirwanira ku butaka.

Ubuvugizi bw’’ingabo za Israel bwemeza ko yiciwe mu nkengero za Teheran aho yari ari kumwe n’abandi basirikare bakuru.

Ubwo ibitero bya Israel byatangiraga kuwa Gatanu w’Icyumweru gishize, Major General Ali Shademani  yahunganye na bamwe mu basirikare be, bajya mu nkengero za Teheran aho bumvaga ko batekanye.

Ikoranabuhanga ry’ingabo za Israel rikoresha cameras za drones ryakomeje kumucunga kugeza ubwo we n’abo bari bari kumwe bihuruzaga ahantu hamwe, hanyuma bakaraswa igisasu bose.

Maj.Gen. Ali Shademani yari amaze igihe ari umugaba mukuru w’ingabo za Iran zirwanira ku butaka.

Hagati aho Iran nayo yaraye irashe igisasu ku bitaro biri ahitwa Beersheba muri Israel birasenyuka kandi gisiga gishenjaguye abari baharwariye barimo umwana na Nyina.

Perezida wa Israel Isaac Herzog yahasuye avuga ko ibyo Iran yakoze bizayigaruka kuko Israel izayigerera mu kebo nayo yayigereyemo.

Ikindi kivugwa ni uko Minisitiri w’ingabo za Israel witwa Israel Katz yavuze ko hagiye gutangira kurebwa uko n’Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran yakwicwa.

Uwo ni Ayattolah Ali Khamenei.

TAGGED:IgiteroIndegeIntambaraIranIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hasinywe Ubufatanye Bw’Ingabo Z’u Rwanda N’Iz’Ubwami Bwa Maroc
Next Article Amakipe Muri EAC Azakina Imikino Ya Volley Yo Kwibuka Jenoside Yamenyekanye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Gasabo: Umugore Yafatanywe Amakarito Ya Liquors Zitujuje Ubuziranenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Israel Yongereye Ibitero Muri Gaza 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?