Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Israel Yishe Umuyobozi Wa Hezbollah
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Wa Hezbollah

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 June 2024 1:21 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’ingabo za Israel bwatangaje ko izi ngabo zahitanye Sami Taleb Abdullah wari umuyobozi wa Hezbollah.

The Jerusalem Post yatangaje ko yamutsinze mu biro bya Hezbollah biri ahitwa Jouaiyya mu Majyepfo ya Lebanon.

Ingabo za Isreal zamurashe missile zimwicana n’abandi bantu batatu barimo undi muyobozi wa Hezbollah ushinzwe ibikorerwa ku rugamba, abo bita field commander.

Uwo ni uwitwa Abdullah akaba yayoboraga umutwe witwa Nasr Unit.

Israel ivuga ko mu myaka myinshi yatambutse Abdullah yateguye ibitero byinshi byagabwe ku baturage bayo.

Hagati aho kandi Israel ivuga ko hari abarwanyi ba Hezbollah 300 bishwe guhera mu Ukwakira, 2023 ubwo yatangizaga intambara kuri Hamas muri Gaza.

TAGGED:HezbollahIntambaraIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tshisekedi Yategetse Ko Ingabo Ze Zomeka U Rwanda Kuri DRC
Next Article Nduhungirehe Yagizwe Minisitiri W’ububanyi N’Amahanga 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nta Byinshi Dufite Byo Gusesagura- Kagame Abwira Sena

Byaba Byagenze Gute Ngo Amerika Ihagarike Gukorana Na Israel?

DRC: Gusimbura Vital Kamerhe Bikomeje Kugorana

Umuhati Polisi Ishyira Mu Kurwanya Ibiyobyabwenge Ugera Kuki?

Rwanda: Ibiza Byishe Abantu 35 Hafi Mu Mezi Abiri

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha Rwanze Icyifuzo Cya Israel

Rwanda: Uruganda Rutunganya Imiti Ivuye Mu Rumogi Rugiye Kuzura

Faye Yahuye Na Kagame Ku Munsi Wa Kabiri W’Uruzinduko Rwe Mu Rwanda

U Rwanda Na Senegal Duhuriye Ku Kwita Kuri Ejo Hazaza H’Urubyiruko- Kagame

Abanyamerika Baramagana Perezida Wabo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Ingabo Za Israel Zasanze Igitabo Cya Hitler Mu Biro Bya Hamas 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Abayobozi Ba Amerika Barisukiranya Muri Israel

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ubufaransa Bugiye Gukoresha Inama Ku Mutekano Mu Karere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ubuyapani: Bwa Mbere Umugore Yabaye Minisitiri W’Intebe 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?