Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ivi Rifite Imvune Tuyisenge Jacques Yaripfukamishije Asaba Umubano
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Ivi Rifite Imvune Tuyisenge Jacques Yaripfukamishije Asaba Umubano

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 February 2021 8:33 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi na APR FC Tuyisenge Jacques  yashinze ivi riheruka kugira imvune asaba umubano w’abashakanye.Yabikoreye umukobwa witwa Jordie amusaba ko yazamubera umugore.

Bimenyerewe ko  abagiye gushakana yaba abazakora ubukwe cyangwa nabatazabukora, babanza gusaba bagenzi babo niba bemera kuzabana nabo iteka bigasozwa no kwambika impeta umukunzi.

Nibyo Jacques Tuyisenge yakoze umukunzi we, undi arabyemera.

Jacques na Jordie

Jacques na Jordie bari bamaranye igihe bakundana ndetse Jacques Tuyisenge yakundaga kumwifuriza isabukuru y’amavuko abinyujije ku rukuta rwe  rwa Istagram.

Jacques Tuyisenge ubu afite imyaka 30.

 Yakiniye amakipe arimo  Etincelles FC , Kiyovu Sports ,Police FC, Gor Mahia, Petro Atlético de Luanda, ubu akaba akina muri APR FC.

Agiye gushakana na Kapiteni w’Ikipe y’igihugu, Amavubi
TAGGED:featuredTuyisengeUmukunzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubukwe Bwa Clarisse Karasira ‘Buzataha’ Nyuma Y’Amezi Atatu
Next Article Infantino Na Biruta Bagiye Gufungura Ikicaro cya FIFA i Kigali
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Bigoranye Police FC Yakuye Ku Izima APR FC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?