Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: IVUGURUYE: Iran Yarashe Missiles Zirenga 100 Kuri Israel
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

IVUGURUYE: Iran Yarashe Missiles Zirenga 100 Kuri Israel

Last updated: 01 October 2024 6:49 pm
Share
SHARE

 

Nk’uko umwe mu bayobozi bakomeye muri Amerika yari yabibwiye BBC ko bafite amakuru y’uko Iran iri gutegura igitero kuri Israel, mu masaha y’ijoro koko Teheran yaharashe  missiles zirenga 100.

Israel ivuga ko izigera ku 180 zahanuwe zitariyesura ku butaka bwa Israel.

Ni igikorwa cyakozwe ku bufatanye na Amerika.

Umuvugizi w’ingabo za Israel witwa Daniel Hagari yavuze ko Iran izicuza ibyo yakoze.

Mu masaha y’ijoro yo kuri uyu wa Mbere ingabo za Israel zirwanira ku butaka zaraye zitangiye ibitero byo ku butaka byo kurimbura Hezbollah muri Lebanon.

Israel ivuga ko ari ibitero ‘bito bito’ bigamije gusenya ibirindiro bya Hezbollah aho biri hose muri Lebanon.

Ikomeje gusaba abaturage ba Lebanon bari mu bice iteganya kuzagabamo ibitero kuhimuka.

Minisitiri w’Intebe wa Lebanon avuga ko igihugu cye kiri mu kangaratete gakomeye mu mateka yayo, agasaba amahanga kureba uko bagitabara.

Mu gihe gito gishize ibitero bya Israel bitangiye, abaturage ba Lebanon bagera kuri miliyoni bamaze guhunga.

TAGGED:featuredHezbollahigisasuIntambaraIranIsraelLebanon
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urubyiruko Rurasaba Umwanya Mu Gushyiraho Ingengo Y’Imari Irugenewe
Next Article Ruhango: Umuyobozi Wari Ufungiye Mu Nzererezi Yararekuwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bagera Ahandi Bakisanga Mu Buretwa-Amb Kimonyo 

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Tombola Inzozi Lotto Yahagaritswe Gukorera Mu Rwanda

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?