Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ivuguruye: Umubare W’Abahitanywe N’Imvura Wageze Kuri 69
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ivuguruye: Umubare W’Abahitanywe N’Imvura Wageze Kuri 69

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 May 2023 8:48 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru azindutse avugwa mu Rwanda aremeza ko abantu 69 biganjemo abo mu Ntara y’i Burengerazuba baraye bishwe n’imvura yateye inkangu zagwiriye inzu mu ijoro ryakeye.

Abantu 52 muri bo ni abo mu Ntara y’i Burengerazuba mu gihe abandi 14 ari abo mu Ntara y’Amajyaruguru.

Minisitiri w’ubutabazi Madamu Marie Solange Kayisire avuga ko inkangu zagwiriye abantu mu ijoro baryamye.

Akarere kibasiwe n’ibiza ni akarere ka Musanze, ariko n’ahandi mu Burengerazuba abantu bahaguye ari benshi.

Abaturage b’i Musanze bavuga ko imihanda yafunzwe, imodoka zikaba zitari gutambuka kubera inkangu zafunze imihanda.

Amafoto yerekana bimwe mu byangijwe n’imvura:

Inkoko nyinshi zahasize ubuzima
Ubutaka bwinshi bwatwawe n’amazi
Abenshi babuze aho barambika umusaya
Imihanda myinshi ntikiri nyabagendwa
Ibiraro byinshi byafunzwe
Inzira nyinshi ntizikiri nyabagendwa
TAGGED:featured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Dosiye ya Turahirwa Moses Yageze Mu Bushinjacyaha
Next Article Rwanda: Abantu Barenga 100 Bishwe N’Ibiza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gakenke: Polisi Na RDF Bateye Ibiti 2000 Bivangwa N’Imyaka

Alexis Dusabe Azakoresha Igitaramo Azashimiramo Imana Aho Imugejeje

PM Nsengiyumva Ashima Ko Ubukucuzi Bw’Amabuye Y’Agaciro Bwahaye Akazi Abantu 92,000

Bidatinze U Rwanda Ruratangira Gukoresha Ifaranga Koranabuhanga- BNR

Putin Arahura N’Umujyanama Wa Trump Bongere Kuganira Kuri Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

You Might Also Like

Mu Rwanda

Ikibazo Cy’Abarobyi Ba DRC Bambuwe Ibikoresho N’Ingabo Za Angola Kirahangayikishije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Murigande Muri Sena, Kayitesi Muri MINAFFET,…Impinduka Muri Guverinoma Y’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

BNR Ivuga Ko Ubukungu Bw’u Rwanda Bukomeje Guhagarara Neza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

RBC Iributsa Urubyiruko Kwisuzumisha Rukamenya Uko Ruhagaze Ku Bwandu Bwa SIDA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?