Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ivuguruye: Umubare W’Abahitanywe N’Imvura Wageze Kuri 69
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ivuguruye: Umubare W’Abahitanywe N’Imvura Wageze Kuri 69

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 May 2023 8:48 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru azindutse avugwa mu Rwanda aremeza ko abantu 69 biganjemo abo mu Ntara y’i Burengerazuba baraye bishwe n’imvura yateye inkangu zagwiriye inzu mu ijoro ryakeye.

Abantu 52 muri bo ni abo mu Ntara y’i Burengerazuba mu gihe abandi 14 ari abo mu Ntara y’Amajyaruguru.

Minisitiri w’ubutabazi Madamu Marie Solange Kayisire avuga ko inkangu zagwiriye abantu mu ijoro baryamye.

Akarere kibasiwe n’ibiza ni akarere ka Musanze, ariko n’ahandi mu Burengerazuba abantu bahaguye ari benshi.

Abaturage b’i Musanze bavuga ko imihanda yafunzwe, imodoka zikaba zitari gutambuka kubera inkangu zafunze imihanda.

Amafoto yerekana bimwe mu byangijwe n’imvura:

Inkoko nyinshi zahasize ubuzima
Ubutaka bwinshi bwatwawe n’amazi
Abenshi babuze aho barambika umusaya
Imihanda myinshi ntikiri nyabagendwa
Ibiraro byinshi byafunzwe
Inzira nyinshi ntizikiri nyabagendwa
TAGGED:featured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Dosiye ya Turahirwa Moses Yageze Mu Bushinjacyaha
Next Article Rwanda: Abantu Barenga 100 Bishwe N’Ibiza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

‘Body Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Chameleone FM: Radiyo Chameleone Agiye Gutangiza i Bujumbura

40.1% By’Abatuye Kigali Batuye Mu Kajagari- Meya Dusengiyumva

Impyisi: Inyamaswa Y’Ingirakamaro Nubwo Yangwa 

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Impamvu Zitera Polisi Y’u Rwanda Kudatesha Agaciro Abaturage Ishinzwe

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

Perezida Trump Arashaka Manda Ya Gatatu Uko Byagenda Kose

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

U Rwanda Rurashyira Imbaraga Mu Bukangurambaga Mu Gutanga Umusoro Wa TVA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

FERWAFA Yiyemeje Gukorana Na Mauritania 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ububiligi Bwijeje DRC Gukomeza Kuyiba Hafi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Gasabo: Yatemye Ushinzwe Umutekano Baramurasa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?