Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: IVUGURUYE: Umuhanda Karongi- Nyamasheke Wasubiye Kuba Nyabagendwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

IVUGURUYE: Umuhanda Karongi- Nyamasheke Wasubiye Kuba Nyabagendwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 January 2024 3:51 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Inkangu ikomeye yari yafunze umuhanda Karongi-Nyamasheke yakuwe mu nzira ubu wasubiye kuba nyabagendwa nk’uko Polisi yabitangaje kuri X.

 

Ni umuhanda uca za Karongi ahitwa ‘Dawe Uri Mu Ijuru’ ukamanuka uberereka ikiyaga cya Kivu mu kitwa Kivu Belt.

Iriya nkangu yari yabereye mu Murenge wa Gishyita mu Karere ka Karongi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Uyu muhanda usanzwe uca mu bice bifite imisozi ihanamye kandi bikunze kugwamo imvura nyinshi.

Ubuyobozi w’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubwikorezi, Rwanda Transport Development Agency buherutse kubwira Taarifa ko imihanda buri gukora yose izaba ifite uburyo bwo kurinda inkangu binyuze mu gutera ibiti cyangwa ibyatsi bifata ubutaka mu nkengero z’aho imihanda ica.

Bavugaga kandi ko mu myubakire y’imihanda bakora k’uburyo amazi ahabwa inzira ikomeye kandi ngari azajya acamo hirindwa ko yangiza umuhanda nyirizina.

Inkangu yo muri Gishyita yavuze hashize igihe gito Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubumenyi bw’ikirere, Meteo Rwanda, gitangaje ko hari ibice byinshi byo mu Burengerazuba bushyira Amajyepfo y’u Rwanda bizibasirwa n’imvura nyinshi muri Mutarama, 2024.

TAGGED:Dawe Uri Mu IjurufeaturedInkanguKarongiNyamashekeUmuhanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mbere Yo Kuza Mu Rwanda Umwami Wa Jordanie Yaganiriye Na Antony Blinken
Next Article DRC: Haravugwa Ibitero Bya Drones Za Leta Kuri M23
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?