Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: IVUGURUYE: Umuhanda Karongi- Nyamasheke Wasubiye Kuba Nyabagendwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

IVUGURUYE: Umuhanda Karongi- Nyamasheke Wasubiye Kuba Nyabagendwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 January 2024 3:51 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Inkangu ikomeye yari yafunze umuhanda Karongi-Nyamasheke yakuwe mu nzira ubu wasubiye kuba nyabagendwa nk’uko Polisi yabitangaje kuri X.

 

Ni umuhanda uca za Karongi ahitwa ‘Dawe Uri Mu Ijuru’ ukamanuka uberereka ikiyaga cya Kivu mu kitwa Kivu Belt.

Iriya nkangu yari yabereye mu Murenge wa Gishyita mu Karere ka Karongi.

Uyu muhanda usanzwe uca mu bice bifite imisozi ihanamye kandi bikunze kugwamo imvura nyinshi.

Ubuyobozi w’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubwikorezi, Rwanda Transport Development Agency buherutse kubwira Taarifa ko imihanda buri gukora yose izaba ifite uburyo bwo kurinda inkangu binyuze mu gutera ibiti cyangwa ibyatsi bifata ubutaka mu nkengero z’aho imihanda ica.

Bavugaga kandi ko mu myubakire y’imihanda bakora k’uburyo amazi ahabwa inzira ikomeye kandi ngari azajya acamo hirindwa ko yangiza umuhanda nyirizina.

Inkangu yo muri Gishyita yavuze hashize igihe gito Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubumenyi bw’ikirere, Meteo Rwanda, gitangaje ko hari ibice byinshi byo mu Burengerazuba bushyira Amajyepfo y’u Rwanda bizibasirwa n’imvura nyinshi muri Mutarama, 2024.

TAGGED:Dawe Uri Mu IjurufeaturedInkanguKarongiNyamashekeUmuhanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mbere Yo Kuza Mu Rwanda Umwami Wa Jordanie Yaganiriye Na Antony Blinken
Next Article DRC: Haravugwa Ibitero Bya Drones Za Leta Kuri M23
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?