Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: IVUGURUYE: Umuhanda Karongi- Nyamasheke Wasubiye Kuba Nyabagendwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

IVUGURUYE: Umuhanda Karongi- Nyamasheke Wasubiye Kuba Nyabagendwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 January 2024 3:51 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Inkangu ikomeye yari yafunze umuhanda Karongi-Nyamasheke yakuwe mu nzira ubu wasubiye kuba nyabagendwa nk’uko Polisi yabitangaje kuri X.

 

Ni umuhanda uca za Karongi ahitwa ‘Dawe Uri Mu Ijuru’ ukamanuka uberereka ikiyaga cya Kivu mu kitwa Kivu Belt.

Iriya nkangu yari yabereye mu Murenge wa Gishyita mu Karere ka Karongi.

Uyu muhanda usanzwe uca mu bice bifite imisozi ihanamye kandi bikunze kugwamo imvura nyinshi.

Ubuyobozi w’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubwikorezi, Rwanda Transport Development Agency buherutse kubwira Taarifa ko imihanda buri gukora yose izaba ifite uburyo bwo kurinda inkangu binyuze mu gutera ibiti cyangwa ibyatsi bifata ubutaka mu nkengero z’aho imihanda ica.

Bavugaga kandi ko mu myubakire y’imihanda bakora k’uburyo amazi ahabwa inzira ikomeye kandi ngari azajya acamo hirindwa ko yangiza umuhanda nyirizina.

Inkangu yo muri Gishyita yavuze hashize igihe gito Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubumenyi bw’ikirere, Meteo Rwanda, gitangaje ko hari ibice byinshi byo mu Burengerazuba bushyira Amajyepfo y’u Rwanda bizibasirwa n’imvura nyinshi muri Mutarama, 2024.

TAGGED:Dawe Uri Mu IjurufeaturedInkanguKarongiNyamashekeUmuhanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mbere Yo Kuza Mu Rwanda Umwami Wa Jordanie Yaganiriye Na Antony Blinken
Next Article DRC: Haravugwa Ibitero Bya Drones Za Leta Kuri M23
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?