Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Jay-Z Na Nicki Minaj: Abaraperi Ba Mbere B’Ibihe Byose
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Jay-Z Na Nicki Minaj: Abaraperi Ba Mbere B’Ibihe Byose

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 February 2023 1:45 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abakoze urutonde rw’abaraperi barusha abandi ku isi bashyize Jay-Z(mu bagabo) na Nick Minaj( mu bagore) ku myanya ya mbere. Nibo baraperi b’ibihe byose.

Birumvikana ko buri wese afite uwo akunda.

Urutonde rw’abaraperi 50 b’ibihe byose rwasohotse kuri uyu wa Gatatu ubwo hizihizwaga imyaka 50 injyana ya Hip hop imaze ivutse.

Uwaje ku mwanya wa mbere ni Jay- Z ( amazina ye bwite ni Shawn Corey Carter).

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Mu baraperi 10 ba mbere umugore wajemo ni Nick Minaj, bituma ahita uba uwa mbere ku isi mu bandi bagore bose bakora uriya muziki.

Uku ni ko 10 ba mbere bakurikirana: Jay-Z,  Kendrick Lamar, Nas, Tupac, Eminem, The Notorious B.I.G,  Lil Wayne,  Drake, Snoop Dog na Nicki Minaj.

Jay-Z n’umukobwa we Blue Ivy Carter bajyanye kureba Basketball

Nick Minaj, afite imyaka 40 y’amavuko, ni umuraperikazi ukomeye kurusha abandi bagore ndetse uyu muziki watumye atunga miliyoni $130 nk’uko ikinyamakuru kitwa Celebrity Net Worth kibivuga.

Uretse kuba Jay-Z ari umuhanga muri rap ze, afite n’imitungo ikomeye.

Afite ibihembo 24 bya Grammy, amaze kugurisha albums miliyoni 140.

- Advertisement -

Jay –Z kandi aranakuze kuko afite imyaka 53 y’amavuko.

Abashyize Jay Z ku mwanya wa mbere ku isi babishingiye ku ngingo y’uko ari mu batangiye uyu muziki kera( hashize imyaka 30 awukora), ukaba waramwinjirije akayabo kandi akaba n’umushoramari wungukiye mu mafaranga yavanye muri Hip hop.

Wibuke ko yatanze Kanye West kugira Miliyari y’amadolari y’Amerika($).

Ni umuraperi utuje kubera ko nta hantu yigeze avugwa mu itangazamakuru ko yagiranye ikibazo n’umugore we, aba paparazzi, ubutabera cyangwa ngo abana be bagire ikindi kibazo bagira.

Umugore we nawe ni uko uko yamubereye umutima w’urugo bituma undi aguma mu muziki we atuje.

Kuri Twitter ariko ntibyabujije ko abantu batabivugaho rumwe, bamwe bavuga ko gushyira  Nick Minaj ku mwanya wa 10 ari ugukabya.

Lamborghini ya Nick Minaj igura $450,000. Aha yari atwayemo inshuti ye yitwa Amber Rose

Ngo n’ubwo Jay-Z ari umuhanga ariko ngo hari abandi bamuhiga.

TAGGED:featuredJay zNickUmuhangaUmukireUmuraperi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amerika Ihangayikishijwe N’Abacanshuro Muri Libya Na Sudani
Next Article Nyuma Yo Gutombora Rwamagana City FC, Gasogi Yivanye Mu Cy’Amahoro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?