Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Jenoside Yakorewe Abatutsi Ntizibagirana- Guterres
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Kwibuka27

Jenoside Yakorewe Abatutsi Ntizibagirana- Guterres

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 April 2021 11:18 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Bwana Antonio Guterres mu ijambo yagejeje ku batuye isi kuri uyu munsi u Rwanda n’amahanga bizirikana ububi bwa Jenoside yakorewe Abatutsi, yavuze ko Jenoside yakorewe Abatutsi izaguma mu mitima y’abatuye isi kubera ubukana yakoranywe.

Gutèrres yavuze ko Jenoside yakorewe Abatutsi ari ikintu gikomeye cyaranze amateka mabi y’abantu mu kinyejana gishize.

Yavuze ko ‘kugira ngo abantu birinde ko bwazongera’ bisaba ko birinda guha urwaho urwango cyangwa ibindi bitandukanya abantu, kandi za Leta zigaharanira guha abaturage bose amahirwe angana.

Kuri uyu wa Gatatu tariki 07, Mata, 2021 nibwo Abanyarwanda n’amahanga muri rusange bibutse ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ni imwe muri Jenoside zemewe n’Umuryango mpuzamahanga nyuma y’igihe runaka abayirokotse baharanira ko yemerwa.

Umuryango w’Abibumbye kandi wabanje kutamera ko ari yo cyane cyane igihe wayoborwaga n’umunya Misiri Bwana Boutros Boutros Ghali.

TAGGED:AbatutsiGuterresJenosideMuntu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article KWIBUKA 27: Nasigaye Njyenyine, Ndiga, Nzafasha Byibura Abantu 10…
Next Article #Kwibuka27: Abasaga Ibihumbi 55 Bahuguriwe Gufasha Abazahungabana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu Rwanda

Hakwiye Kubaho Ubukangurambaga Bwo Kuvuga Aho Imibiri Muri Jenoside Yajugunywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

APR BBC , UGB Na Dolphin BBC Ya Uganda Yabonye Intsinzi Mu Mikino Yo Kwibuka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Inkuru ZihariyeMu Rwanda

Upfobya Jenoside Yakorewe Abatutsi Kuri X Yiyita Gitifu Sebatware Yamenyekanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yihanganishije Kiliziya Gatulika Ku Rupfu Rwa Papa Francis

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?