Umuhati w’uko uburinganire n’ubwuzuzanye byakwira ku isi hose waradohotse. Ndetse ngo umaze gutanga icyuho kinini k’uburyo raporo y’Ubunyamabanga bukuru bw’Umuryango w’Abibumbye itangaza ko bizafata imyaka 300...
Ni ikibazo benshi bibaza. Kuri uyu wa Kabiri taliki 07, Werurwe, 2023 nibwo byitezwe ko M23 iri buhagarike imirwano nk’uko iherutse kubyemerera umuhuza Lorenco wari wabakiriye...
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Antonio Guterres yabwiye abayobozi b’ibihugu bigize uriya muryango ko ibihe isi igezemo bikomeye kandi biteye ubwoba kurusha uko byahoze. Ingero atanga ni...
Mu gihe uyu munsi Isi n’u Rwanda by’umwihariko bizirihiza Umunsi mpuzamahanga wahariwe abafite ubumuga, ni ngombwa kumenya ko umuntu ufite ubumuga agomba kugira uruhare mu bimukorerwa....
Intambara ya Tigray n’ingaruka zayo bikomeje kuba imbarutso yo guha akato ubuyobozi bwa Ethiopia. Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Antonio Guterres yavuze ko Ethiopia igomba gusobanura impamvu...