JIBU Yahaye Abakiliya Ikoranabuhanga Ryo Gutumirizaho Amazi

Ubuyobozi bw’ikigo “mpuzamahanga” gitunganya kikanagurisha amazi, JIBU, bwatangije urubuga rwa murandasi abantu bazajya batumirizaho amazi.

Kuri rwo harimo aho abantu batumiriza amazi bakanishyura.

Urwo rubuga barwise jibuco.com cyangwa jibuco.rw.

Hari n’aho umuntu abwirira abo muri JIBU aho aherereye kugira ngo bamuzanire ayo mazi.

- Advertisement -

JIBU Rwanda niyo igenzura na JIBU zo mu Karere u Rwanda ruherereyemo.

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version