Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kabarebe Yarahiriye Imbere Ya EALA Nka Minisitiri Ushinzwe EAC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Kabarebe Yarahiriye Imbere Ya EALA Nka Minisitiri Ushinzwe EAC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 October 2023 10:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ushinzwe ubufatanye bw’Akarere,( Rtd) Gen James Kabarebe yarahiriye imbere ya EALA nka Minisitiri ushizwe ibikorwa bya EAC.

Ni indahiro ikorwa n’Abaminisitiri bashinzwe ibikorwa bya EAC, bakaba abagize iyi Nteko ariko badatora cyangwa ngo batorwe.

Amategeko ya EALA amwemerera gutanga ibitekerezo ku biyiganirirwamo

Babita ‘ex-officio’.

Taarifa yamenye ko aba bayobozi baba bafite uburenganzira bwo gutanga ibitekerezo mu mpaka zibera mu Nteko ishinga amategeko ya EAC kandi bigahabwa uburemere nk’ubw’ibindi byose bihatangirwa.

Abandi bayobozi bahabwa ubu burenganzira ni Umunyamabanga Mukuru wa EAC ndetse n’Umunyamategeko wayo.

Iyo manda y’abagize iyi nteko irangiye hagatorwa abandi, abayobozi twavuze haruguru nabo barongera bakarahira.

Umukirisitu asoma indahiro afashe na Bibiliya, Umwisilamu akayisoma afashe Korowani, utagira idini agasoma indahiro ntacyo afashe.

Mu minsi ishize, Minisitiri Prof Nshuti nawe yari aherutse kurahira muri buriya buryo.

Indahiro ikorwa n’abo bita ‘ex-officio’[ni ijambo ry’Ikilatini] ikomoka mu bihugu byakolonijwe n’Abongereza ariko inkomoko ya kure ikaba mu Bwami bw’Abaroma.

TAGGED:EALAfeaturedIntekoKabarebe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyagatare: Babwiwe Uko Bigenda Iyo Uwahohotewe Adashobora Kwitangira Ikirego
Next Article Ibitaro Bya Butaro Byongererewe Ubushobozi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Afghanistan: Umutingito Wishe Abantu 600

BK Ikora Ite Ngo Yunguke?

DRC: Abantu 16 Bashimuswe Na CODECO

Kwihaza Mu Biribwa Muri Afurika Biracyari Kure

Abavandimwe Alicia Na Germaine Bakoze Indirimbo Bizeyeho Byinshi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Rwamagana:Uwahoze Ari Umunyamakuru Wa Radio Agiye Kwishingira Iye

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kubaka Urugomero Rwa Nyabarongo Bizatuma Havuka Ikiyaga Kizakora Ku Turere 8

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Urwibutso Rwa Jenoside Yakorewe Abayahudi Baruhumanyije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Drones Zigiye Gukoreshwa Mu Kurwanya Imibu Yo Mu Bugesera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Kigali: Abagore Baravugwa Kenshi Mu Biyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?