Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Asaba Urubyiruko Kurushaho Kwitabira Ikoranabuhanga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kagame Asaba Urubyiruko Kurushaho Kwitabira Ikoranabuhanga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 December 2023 9:13 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Kagame yabwiye urubyiruko nyafurika ko ikoranabuhanga ari umutungo ukomeye, ufasha rwiyemezamirimo kugera ku ntego ze.

Hari mu gikorwa cyo guhemba abakoze imishinga isubiza ibibazo by’abaturage mu buryo burambye, bagize ikiswe Hanga Pitch Fest, kikaba igikorwa ngarukamwaka.

Perezida Kagame yavuze ko ikoranabuhanga ari ingenzi ku muntu wese ushaka iterambere ndetse ngo nawe akiri muto yumvaga azaba umupilote.

Avuga ko ubuzima bwamujyanye mu bindi ariko akemeza ko inyota y’ubumenyi yari afite akiri muto ntaho yagiye.

Umukuru w’igihugu avuga ko nk’Umuyobozi azakomeza gukora ngo ateze imbere ikoranabuhanga mu rubyiruko.

Mu kiganiro cye, Perezida Kagame yanenze abavuga ko gushora muri Afurika ari ukwigerezaho, avuga ko kwigerezaho wabisanga no mu ishoramari rikorerwa n’ahandu ku isi.

Umushinga w’Umunyarwandakazi witwa Cynthia Umutoniwabo niwo wahembwe igihembo kiruta ibindi kingana na $50,000.

Ni umushinga wo gukora imborera ikozwe mu minyorogoto.

Ati: “ Dufata iminyorogoto iba iri mu yindi myanda abantu bajugunya tukayikoramo ifumbire isanzwe  n’iy’amazi. Ibi byongera intungamubiri z’ubutaka bukera neza.”

Cynthia Umutoniwabo

Ashima ko hatsindiye ariya mafaranga angana na Miliyoni Frw 50 ariko ngo azakenera andi agera kuri Miliyoni Frw 100 ngo akomeze abinoze.

TAGGED:featuredIkoranabuhangaIminyorogotoKagameUrubyiruko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RIB Irasaba Abaturage Ba Nyaruguru Kuba Maso
Next Article Bunyoni Yakatiwe Gufungwa BURUNDU
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Abageni Bwari Bucye Basezerana Bakubiswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Rulindo: Yafatanywe Ayo Kwishyura Abacukura Amabuye Mu Buryo Butemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?