Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Na Patricia Scotland Barebeye Hamwe Uko Commonwealth Ihagaze
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kagame Na Patricia Scotland Barebeye Hamwe Uko Commonwealth Ihagaze

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 January 2023 2:52 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yaganiriye n’Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umuryango w’ibihugu bivuga Icyongereza  witwa Patricia Scotland.

Ku rukuta rwa Twitter rwa Perezidansi y’u Rwanda handitse ko abayobozi bombi buhanye amakuru y’uko ibintu bihagaze muri iki gihe muri uyu muryango uherutse guteranira mu Rwanda.

Mu Nama yabereye mu Rwanda hemejwe ko Togo na Gabon.

CHOGM iheruka kubera mu Rwanda yasize Perezida Kagame ari we muyobozi wa Commonwealth.

Muri iyo nama kandi na Patricia Scotland yongeye gutorerwa kuba Umunyamabanga nshingwabikorwa w’uyu muryango.

Perezida Kagame yaganiriye na Scotland uko umuryango bayoboye uhagaze muri iki gihe

Kugeza ubu ibihugu 56  nibyo bigize Commonwealth of the Nations.

Icyicaro cyayo kiba i London mu Bwongereza.

Imibare yo mu mwaka wa 2016 yerekana ko uyu muryango wari uhuriwemo n’abaturage  2, 418, 964, 000

.

TAGGED:CommonCommonwealthIbihuguKagameRwandaScotalndUmuryango
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abahishe Abayahudi N’Abatutsi Muri Jenoside Ni Abo Gushimwa- Serge Brammertz
Next Article Ikiraro Cyo Mu Kirere Gihuza Muhanga Na Gakenke Cyuzuye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kigali: Abagore Baravugwa Kenshi Mu Biyobyabwenge

UNHCR Yaganirije AFC/M23 Ku Kibazo Cy’Impunzi Ziri Mu Rwanda

Umukino Urangiza Irushanwa ‘Gicanda Invitation 2025’ Urabera Kigali Pele Stadium

U Rwanda Rushaka Kuba Igihugu Gikize Byuzuye-Kagame

Perezida Wa Palestine Yimwe Visa Yo Kuzajya Muri Amerika Mu Nama Ya UN

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukerarugendoUbukungu

Kinigi: Abaturiye Ahazagurirwa Pariki Bahawe Uburyo Bwo Kwihaza Mu Biribwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Haganiwe Uko UNHCR Yakomeza Imikoranire N’ u Rwanda 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Abimukira Ba Mbere Boherejwe Na Amerika Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Perezida Wa Mozambique Yasuye Uruganda Rw’u Rwanda Rutunganya Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?