Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yabwiye Abibwira Ko Bazatera u Rwanda Bibeshya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kagame Yabwiye Abibwira Ko Bazatera u Rwanda Bibeshya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 January 2024 4:41 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu mvugo yeruye, Perezida Paul Kagame yabwiye abitabiriye Inama y’igihugu y’Umushyikirano yabaye ku nshuro ya 19 ko abakanga Abanyarwanda ko bazabahungabanyiriza umutekano bibeshya.

Yongeye kuvuga ko u Rwanda rutajya rugira uwo rushotora ariko ko iyo hagize urushotora rutazuyaza kwitabara.

Ati:’ Igihe cyose hatararengwa umurongo nta kibazo tugirana n’uwo ari we wese”

Umuyobozi w’u Rwanda asaba Abanyarwanda kuzirikana buri gihe ko ari bo ba nyiri u Rwanda, ko ntawe bakwiye gusaba uburenganzira bwo kukirinda cyangwa kugiteza imbere.

Yababwiye ko nta muntu muto cyangwa igihugu gito ahubwo ko ari we ubyigira cyangwa igihugu kikabyigira.

Kubera iyo mpamvu ngo nta Munyarwanda muto kereka uzabyigira.

Ati: “Mukwiye kumva uburemere bw’inshingano zanyu nk’abanyagihugu, nk’abantu bazima biyubaka.”

Kagame yabwiye Abanyarwanda gukomeza kwita ku iterambere ry’igihugu cyabo, bakima amatwi abashaka kubabibamo amacakubiri.

Yabibukije ko bari mu gihugu cyabo, ko ntawe ikwiye kubakanga.

Inama y’igihugu y’Umushyikirano igenwa n’itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, igahuza Abanyarwanda baba mu Rwanda na bagenzi babo baba mu mahanga.

TAGGED:AbaturagefeaturedKagameUmushyikiranoUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Wa Liberia Yananiwe Kurangiza Ijambo Yagezaga Ku Baturage
Next Article Minisitiri W’Ubuhinzi Avuga Ko Abanyarwanda Banywa Litiro 78 Ku Mwaka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?