Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yaganiriye N’Ubuyobozi Bw’Ihuriro Rw’Ubukungu Ku Isi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Kagame Yaganiriye N’Ubuyobozi Bw’Ihuriro Rw’Ubukungu Ku Isi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 October 2025 3:49 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yaganiriye na Børge Brende uyobora Ihuriro ry’ubukungu ku Isi (World Economic Forum/ WEF) baganira ku ngingo zirebana n’uko ubukungu bwifashe ku isi.

Abayobozi bombi bagarutse no ku bibazo bitandukanye by’Isi no ku bufatanye buri hagati y’u Rwanda n’iryo huriro mu ikoranabuhanga, guhanga udushya n’iyinjizwa ry’abantu bose mu ikoranabuhanga (digital inclusion).

Ibi bisanzwe biri muri Politiki y’u Rwanda y’ikoranabuhanga ridaheza.

Tariki 28, Ukwakira, 2025 nibwo Perezida Kagame yageze i Riyadh muri Arabie Saoudite agirana ikiganiro n’abandi bakuru b’ibihugu kibanze ku kiguzi nyacyo cy’umutekano w’ubukungu.

Kagame yavuze ko hakenewe imikoranire ishobora gufungura inzira y’iterambere rirambye kandi rigera kuri bose, ku bihugu biri mu nzira y’amajyambere.

Yavuze ko Abanyarwanda banze guheranwa n’amateka, ahubwo bahitamo gukora ngo biteze imbere.

Ati: “Igihugu cyacu ni gito mu buso, ibyo birazwi. Icyo abantu bagomba kumenya ariko Abanyarwanda bo ni abantu bafite imyumvire yagutse, bahisemo gukora bagateza imbere igihugu cyabo.”

Inama yitabiriye yitwa Future Investment Initiative/FII9 ihuriza hamwe abayabozi batandukanye ku isi n’abashoramari banyuranye.

Ihuriro World Economic Forum ryashinzwe mu mwaka wa 1971, rikagira ikicaro mu Busuwisi.

Buri mwaka abarigize bakorera Inama ahitwa Davos muri iki gihugu n’ubundi, abayituriye bakaganira ku miterere y’ubukungu ku isi muri rusange.

TAGGED:featuredIhuriroInamaKagameUbukunguUbusuwisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tanzania: Baratora Perezida N’Abadepite 
Next Article U Rwanda Na Saudi Arabia Mu Gufasha Abaturage Gutekesha Gazi 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?