Hannington Namara yatorewe kuyobora Ihuriro ry’Amabanki akorera mu Rwanda (Rwanda Bankers’ Association) asimbuye Robin Bairstow. Uyu Munyarwanda asanzwe azobereye mu rwego rw’amabanki ndetse yanabaye mu nzego...
Ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye Ihuriro mpuzamahanga ryiswe Global Gateway Forum ryabereye mu Bubiligi, Minisitiri w’Intebe Dr.Edouard Ngirente yababwiye ko imikoranire ya Leta n’abikorera ku giti...
Mu Mujyi wa Ottawa-Gatineau harahurira urubyiruko rw’Abanyarwanda 2000 baganire aho igihugu cyabo kigeze mu iterambere kandi barebere hamwe uko bacyunganira muri uwo mujyo. Ni ihuriro bise...
Umukuru w’u Rwanda yaraye abwiye bagenzi be bitabiriye inama iri kubera muri Cuba ihuza Ubushinwa n’ibihugu bikiri mu nzira y’amajyambere ko n’ubwo muri rusange ibi bihugu...
Depite uhagarariye u Rwanda mu Nteko y’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba, EALA, Hon Fatuma Ndangiza yaraye yikomye abatekereza ko kuba abagore bari mu myanya y’ubuyobozi ari impano...