Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yahuye Na Minisitiri Mushya W’Intebe W’Ubwongereza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yahuye Na Minisitiri Mushya W’Intebe W’Ubwongereza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 July 2024 2:25 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yaganiriye na Minisitiri mushya w’Intebe mu Bwongereza witwa Sir. Keir Starmer. Ni ibiganiro byabereye mu Bufaransa aho bombi bagiye kwitabira itangizwa ry’imikino Olempiki ryabaye kuri uyu wa Gatanu.

Ku rubuga rwa X rw’ibiro bya Perezida Kagame handitse ko we na Starmer baganiriye ku ngingo zirimo ubufatanye mu bucuruzi, muri siporo, ikoranabuhanga no kurinda ibidukikije.

Nta makuru y’uko aba bayobozi bombi baganiriye ku ihagarikwa ry’amasezerano arebana n’abimukira yitangajwe, ariko birashoboka ko baba babigarutseho.

Ni ingingo imaze imyaka hafi itatu iganirwaho hagati y’u Rwanda n’Ubwongereza.

U Rwanda ruvuga ko rwiteguye kwakira abimukira bazaza barugana.

Uruhande rw’Ubwongereza ruherutse kuvuga ko ayo masezerano yahagaritswe kuko Guverinoma yari yayashyizeho yavuyeho kandi ngo ni amasezerano yapfuye ataravuka.

Aho ingoma zihinduriye imirishyo mu Bwongereza, ishyaka ryagiye ku butegetsi ryahise rihagarika ayo masezerano.

Rivuga ko atari ashyize mu gaciro kandi ko yatakarijwemo miliyoni nyinshi z’amapawundi zari imisoro y’abaturage.

Ntawamenya ikizakurikiraho gusa u Rwanda rwo ruvuga ibyarurebaga rwabishyize ku munzani kandi ngo ibyo gusubiza Ubwongereza miliyoni nyinshi z’amapawundi ‘byo ntibirimo’.

TAGGED:AbimukiraAmasezeranoBwongerezafeaturedKagameStarmer
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bufaransa: Uwa Mbere Mu Banyarwanda Mu Mikino Olempiki Yasezerewe
Next Article Israel Yagabweho Ikindi Gitero Gikomeye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?