Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yakiririye Mugenzi Wa Guinée Mu Rwuri Rw’Inyambo Ze
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yakiririye Mugenzi Wa Guinée Mu Rwuri Rw’Inyambo Ze

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 May 2025 9:09 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Doumbouya ateze amatwi ibyo Perezida Kagame amuganiriza
SHARE

Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame baraye bakiririye Général Mamadi Doumbouya uyobora Guinée-Conakry na Madamu we Lauriane Doumbouya mu rwuri rw’inyambo ze ruri i Kibugabuga Mu Murenge wa Ngeruka mu Karere ka Bugesera.

Abo bashyitsi bari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itatu, Doumbouya akaba yarageze mu Rwanda kuwa Kane mu mugoroba ahura n’abaturage b’igihugu cye baba mu Rwanda.

Ni uruzinduko rugamije guhamya ubucuti hagati y’ibihugu byombi.

U Rwanda na Guinée bifitanye amasezerano y’ubufatanye mu guteza imbere inzego zirimo ikoranabuhanga, ubuhinzi, ishoramari, serivisi, ubukerarugendo, ingufu n’ubucuruzi.

Amwe mu mafoto yerekana uko byagenze:

Imbyeyi ziri kumwe n’izazo
Kagame na Doumbouya baganira
Ubwo bari bahageze
Perezida Kagame asuhuza umushyitsi we w’imena.
Bicaye baraganira birambuye.
Perezida Kagame aganira n’umushyitsi we waje urutuka iyo bigwa.
Jeannette Kagame aganira na Lauriane Doumbouya, akaba Umufaransakazi wigeze kuba Umujandarume mu gihugu cye. Bafitanye abana bane.

Amafoto@.flickr.com/photos/paulkagame

TAGGED:DoumbouyafeaturedGuineaInyamboJeannetteKagameRwandaUmubano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi
Next Article Ingingo Y’Uburenganzira Bw’Umwana Bwo Kumenya Se Irashyushye Mu Nteko
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?